Aya makuru agaragara ku rubuga rwa Twitter rwa Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, aravuga ko iki gikorwa kizabera ku cyicaro cy’iyi Minisiteri.
Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’ibisoza icyiciro rusange cy’ayisumbuye muri uyu mwaka w’amashuri, yagaragaje ko umubare w’abakobwa batsinze ibi bizami wongeye kuruta uw’abahungu nk’uko mu myaka yabanje byagenze.
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Kotureba amanota bikanga nukubera iki
kureba amanota yamashuri yisumbuye S6
Ko tureba amanota bikanga biraterwa niki? murakoze
Ko amanota yanze kuza kugeza ubu saa cyenda na 45!
ese nge nandikamo code yange bikanga
Nibyiza Ni afire vuba areke kuba aduhangayikishij Wenda imitima yasubirmugitereko pe?
None se ko mugiye gusohora amanota mutarahemba abakosoye.