Gasabo: Imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa ryasojwe hahembwa abitwaye neza

Imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gasabo, ryasojwe hahembwa abamuritse ibikorwa byahize iby’abandi mu rwego rwo kongera uguhiganwa no kugera kuri serivisi nziza mu karere.

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yemereye abacuruzi bari baryitabiriye bakamurika neza, ko bemerewe aho bazamurikira ku buntu mu imurika mpuzamahanga riteganyijwe muri Kanama.

Imurikagurisha rya JADF/Gasabo ryatangiye tariki 28 Kmena rirangira tariki 30 Kamena 2016, ryitabirwa n’abagera kuri 89.

Abamuritse ibikorwa byahize iby'abandi barahembwe.
Abamuritse ibikorwa byahize iby’abandi barahembwe.
Hamurikwaga ibikorwa bitandukanye.
Hamurikwaga ibikorwa bitandukanye.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka