RwandAir yemerewe gukorera muri Amerika

Abanyarwanda bakora ingendo zigana muri Amerika basubijwe, nyuma y’uko sosiyete ya RwandAir iherewe uburenganzira bwo gukorera ku butaka bw’icyo gihugu.

Indege ya RwadAir ubu izajya ikoresha n'Ikirere cya USA
Indege ya RwadAir ubu izajya ikoresha n’Ikirere cya USA

Icyo cyemezo kiraha amahirwe indege ebyiri zo mu bwoko bwa Airbus RwandAir iherutse kugura. Biteganijwe ko RwandAir izakora ingendo za mbere muri Kanama uyu mwaka.

Urwo rugendo ruzaza rukurikira urwa Kigali – Harare (muri Zimbabwe) – Cape Town (muri Afurika y’Epfo) yatangije muri Gicurasi uyu mwaka (2018).

Icyo ni cyo cyemezo Rwandair yashyikirijwe
Icyo ni cyo cyemezo Rwandair yashyikirijwe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

ibiciro bihagaze bite?

HAKUZIMANA yanditse ku itariki ya: 15-11-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka