Agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda kazamutseho 0,37

Ibipimo by’agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda bigaragaza ko mu kwezi k’Ugushyingo guta agaciro kw’ifaranga ry’u Rwanda kwamanutse kukava kuri 7,76 kukagera kuri 7,39 ariko ibiciro by’ibiribwa byo byiyongereyeho 0,34.

Imibare yashyizwe ahagaragara n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, tariki 15/12/2011, ivuga ko ibiryo n’ibinyobwa bidasindisha byari ku gipimo cya 35,38 mu bice by’umujyi, yazamutseho 9.15 mu kwezi kwa 11 umwaka washize, mu kwezi kwa 10 uyu mwaka bikaba byariyongereyeho 0,99.

Rwanda nirwo ruhagaze neza ku kibazo cyo guta agaciro k’ifaranga n’izamuka ry’ibiciro ugereranyije n’ibindi bihugu bigize aka karere nka Kenya, Uganda na Tanzania aho imibare ho yikubye kabiri.

Emmanuel N. Hitimana

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

mujye muduha urutonde mukuvujisha nobindi bihugu ese ubundi ifaranga rita agaciro byajyenze gute? habuze iki,? ese abayobozi bakora iki ,,?,dugirago adata agaciro mutubgire ? murakoze cyanee ingoma rukira

john yanditse ku itariki ya: 12-12-2017  →  Musubize

Twifuzako mwajya mudutangariza uko amafaranga y’urwanda ahagaze buri kwezi kuko usanga amadorale azamuka cyane. Ikindi ese urwanda rwakira ama yuan ya 2005, zhongguo renmin yinhang. Umunsi mwiza.

Habinshuti jean claude yanditse ku itariki ya: 7-12-2014  →  Musubize

ko mbona hari ivunjisha ryumwaka washize mwagiye mushyiraho irya burikwezi nuko 1$ UKO RIVUNJA KU MANYARWANDA KOBYABABYIZA

kakasay yanditse ku itariki ya: 30-09-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka