Hatangijwe ibikorwa bya Army week mu gihugu hose (Amafoto)

Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu turere dutandukanye tw’igihugu hatangijwe icyumweru cyahariwe ingabo z’igihugu, aho zifatanya n’abaturage mu bikorwa bitandukanye biganisha ku iterambere.

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Patrick Nyamvumba yatangaje ko ibikorwa byiswe "Army Week" bizabohora Abanyarwanda mu buryo butandukanye.

Yagize ati"Umwihariko w’iki gihe, ni uko twaguye ibikorwa bikaba byinshi kuruta ibyo twakoraga buri mwaka,urugamba rundi rutakiri urw’amasasu ni uru rwo kubohora Abanyarwanda ku bukene".

ibikorwa byinshi bizibanda ku buhinzi, kubaka ibikorwa remezo n’ubuvuzi.

Kigali

Muhanga

Kamonyi

Gisagara

Nyagatare

Gen James Kabarebe mu gikorwa cya Army week mu karere ka Nyagatare
Gen James Kabarebe mu gikorwa cya Army week mu karere ka Nyagatare

Bugesera

Kirehe

Gatsibo

Gakenke

Rubavu

Gicumbi

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

muraho nabazaga igihe bazakotera muri gasabo nanjye mfite rendezvous yokuzabagwa

serunkuma theodomir yanditse ku itariki ya: 10-05-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka