Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Ibirango by’amateka yasizwe n’Abakoroni b’Abadage bigiye gukurwaho
Tanzania: Abantu 11 bapfuye nyuma y’iturika ry’imashini y’Uruganda rw’Isukari
Nibadufashe icyayi ntikinyobwe n’abanyamahanga gusa - Abahinzi
Kwibuka abana n’impinja byaguriwe mu Karere ka Nyabihu