Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Umuvugizi wa RDF yakiriye intumwa za Minisiteri ishinzwe iterambere ry’umugore muri Somalia
Burera: Ba Gitifu bahawe moto nshya bibutswa ko atari izo gushora muri bizinesi
Akarere ka Muhanga karanenga abari abakozi ba Leta bijanditse muri Jenoside
Luxembourg yahaye u Rwanda impano ya miliyari 16Frw zizifashishwa mu kurengera ibidukikije