IFOTO Y’ICYUMWERU: Wari wabona intare itera akabariro?

Intare ni inyamaswa zidakunze kuboneka henshi ndetse z’inkazi ku buryo bitoroha kuyibona ngo abantu bamenye uko ibaho.

Mu mwaka wa 2015 nibwo intare zari zarazimiye muri Pariki y’Akagera zongeye kugaruka mu Rwanda.

Intare ibwegeka mu gihe kigera ku mezi atatu n’igice ikaba ifite ubushobozi bwo kubyara hagati y’abana babiri na batanu.

Bazizanye mu Rwanda ari 7 kuri ubu zikaba zigeze kuri 45. Ibi bigaragaza ko kugira ngo zororoke na zo zikenera gutera akabariro, nk’uko iziri muri aya mafoto umunyamakuru wa Kigali Today yasanze zibirimo muri Pariki y’Akagera.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

nibyi kanditura byishimiya kumafoto meza mubamwaduhaye cg ndashaka kuba umukunzi wanyu arikomu shakire ifoto ya irabaruta yvonn

ngirishuti jean ame yanditse ku itariki ya: 8-11-2022  →  Musubize

Iyi nkuru ni nziza cyane knd dukunda amakuru meza knd inyamaswa tuzibungabunge kuko ziri mubidukikije

Nsabimana Dismas yanditse ku itariki ya: 11-01-2022  →  Musubize

Yes.Abantu n’Ibyaremwe bindi (animals) bigira ubuzima bumwe:Nabyo birarya,biraryama,birarwara kandi bigapfa.Bitera akabariro kandi bikabyara.Aho dutandukaniye n’izindi nyamaswa nuko dufite ubwenge buhambaye,dusenga imana,etc...Ikindi nuko abantu bumvira imana kandi bayishaka cyane ntibibere mu by’isi gusa izabazura ku munsi w’imperuka nkuko bible ivuga.Ntabwo izindi nyamaswa zizazuka.

masozera yanditse ku itariki ya: 6-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka