Kwita izina2016: Abakerarugendo bari kwerekwa ibitatse Pariki y’ibirunga

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwita izina abana b’Ingagi ku nshuro ya 12, hateguwe ibikorwa bitandukanye byo kubimburira uwo munsi mukuru.

Bimwe muri ibyo bikorwa Harimo igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatatu tariki 31 Kanama 2016, cyo gusura Inyoni, inkima n’ingagi, ziri muri iyi parike y’ibirunga iherereye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Kinigi, Akagali ka Nyabigoma, Umudugudu wa Kabatwa.

Kigali today, yakurikiraniye urugendo rwo gusura inkima mu mafoto, kandi ikazakomeza kubakurikiranira ibindi bikorwa bijyanye n’igikorwa nyiriza kizagenda.

Ba mukerarugendo batari bake bitabiriye iki gikorwa, cyabanjirije umuhango nyiri zina.
Ba mukerarugendo batari bake bitabiriye iki gikorwa, cyabanjirije umuhango nyiri zina.
Uyobora abakerarugendo ari kubasobanurira byinshi kuri iyi pariki.
Uyobora abakerarugendo ari kubasobanurira byinshi kuri iyi pariki.
Tumwe mu dusimba dukurura ba mukerarugendo.
Tumwe mu dusimba dukurura ba mukerarugendo.
Buri cyatsi cyo muri iyi pariki kiba gitoshye.
Buri cyatsi cyo muri iyi pariki kiba gitoshye.
Aho uba uri hose uba witegeye n'ibirunga.
Aho uba uri hose uba witegeye n’ibirunga.
Ukigera muri aka gace usuhuzwa n'abaturiye Pariki biganjemo abana.
Ukigera muri aka gace usuhuzwa n’abaturiye Pariki biganjemo abana.
Abatuiye Pariki nabo bagerageze gukora ubucuruzi buciriritse.
Abatuiye Pariki nabo bagerageze gukora ubucuruzi buciriritse.
Hari n'imizinga y'inzuki itanga ubuki.
Hari n’imizinga y’inzuki itanga ubuki.
Inza zo hambere nk'izo nazo uzisanga muri Pariki y'Ibirunga.
Inza zo hambere nk’izo nazo uzisanga muri Pariki y’Ibirunga.

Wifuza kureba andi mafoto menshi kanda AHA

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka