• Abasura Pariki z

    Abasura Pariki z’Igihugu bakuriweho icyemezo cy’uko bipimishije Covid-19

    Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko abasura Pariki z’Igihugu batazongera kugaragaza icyemezo cy’uko bimpimishije Covid-19, nk’uko byari bisanzwe.



  • Amasezerano hagati ya PSG na Visit Rwanda yongerewe

    PSG na Visit Rwanda bishimiye ibyagezweho, bongera amasezerano y’imikoranire

    Nyuma y’umusaruro mwiza wavuye mu bufatanye hagati y’Ikipe y’umupira w’amaguru ya Paris Saint-Germain (PSG) n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), muri gahunda ya ‘Visit Rwanda’, igamije kumenyakanisha u Rwanda mu mahanga bumaze imyaka itatu, biyemeje gukomeza ubufatanye bukazagera mu 2025.



  • Abashaka gusura BK Arena bahawe ikaze

    Kompanyi eshatu ari zo Kigali City Tour (KCT), Ikaze Rwanda Tours & Travel, na QA Venue Solutions Rwanda isanzwe icunga inzu y’imyidagaduro n’imikino ya BK Arena, zatangije ubukerarugendo bwiswe ‘BK Arena Guided Tours’ bugamije gufasha abashaka gusura iyo nzu.



  • Ahabera umuhango wo Kwita Izina abana b

    Musanze: Umujyi w’Ubukerarugendo wo kwitega mu Cyerekezo 2050

    Abafotora, abafata amashusho n’abandi bakunda kubika amakuru mu buryo bunyuranye, bashobora gutangira ubu kuko u Rwanda rwamaze kwinjira mu cyiciro cyo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu cyerekezo 2050; gahunda igamije guha isura nshya imijyi yo hirya no hino mu gihugu.



  • Intare zagaruwe muri Pariki y’Akagera ari 7, ubu zimaze kugera kuri 58

    Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera buvuga ko Intare zoherejwe muri Pariki mu 2015 ari zirindwi, zakomeje kwiyongera, ubu zikaba zigeze kuri 58.



  • Ngabo Karegeya wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka

    Karegeya watangije ‘Ibere rya Bigogwe’ yishimiye ubutaka yahawe na Leta

    Ngabo Karegeya washinze Kompanyi y’Ubukerarugendo izwi nka ‘Ibere rya Bigogwe’ yatangaje ko yishimiye ubutaka yahawe buzamufasha guteza imbere ubukerarugendo bwa Bigogwe n’ibihakorerwa.



  • Minisitiri Pindi Hazara Chana na Amb Maj Gen Charles Karamba

    U Rwanda rurifuza ko Tanzania ijya muri gahunda ya Visa Imwe y’Ubukerarugendo muri EAC

    Intumwa y’u Rwanda muri Tanzania, Major General Charles Karamba, ku wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wa Tanzania ushinzwe Umutungo Kamere n’Ubukerarugendo, Pindi Hazara Chana, baganira ku kamaro ka Visa imwe rukumbi ku bashaka gukora ubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba (East (...)



  • Uhereye ibumoso, Minisitiri Mbabazi, Ngabo Karegeya na Meya wa Nyabihu Mukandayisenga

    Minisitiri Mbabazi yagaragaye yambaye ‘rumbiya’ (Amafoto)

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco, Rosemary Mbabazi, yagaragaye yiteye umwambaro uzwi nka ‘rumbiya’, ari muri gahunda yo kureba ibikorwa, by’umushinga wahanzwe na rwiyemezamirimo w’urubyiruko witwa Ngabo Karegeya, washinze Kompanyi yitwa ‘Ibere rya Bigogwe Tourism Company’, yita ku guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku (...)



  • Ni ahantu heza abakundana basohokera

    Dutemberane ku Nyanja Itukura aho bivugwa ko Mose yakoreye igitangaza (Amafoto)

    Ushobora kuba warumvise inkoni Mose uvugwa muri Bibiliya yakubise mu Nyanja Itukura igatandukana Abisiraheli bakayambuka. Muri iyi nkuru turatemberana kuri iyi nyanja mu mafoto.



  • Clare Akamanzi

    U Rwanda rwahawe kwakira inama mpuzamahanga yiga ku bukerarugendo

    Ubuyobozi bw’Inama ihuza abo mu bukerarugendo ku Isi (World Travel and Tourism Council - WTTC), bwatangaje ko u Rwanda nk’Igihugu ruzakira iyi nama mpuzamahanga izaba umwaka utaha. Ibi byatangajwe ubwo hasozwaga inama y’uyu mwaka, yabereye i Riyadh, muri Arabiya Sawudite kuva ku ya 28 – 30 Ugushyingo 2022.



  • Mu bayobora ba Mukerarugendo usanga higanjemo abagabo

    Abagore barashishikarizwa kwitabira akazi ko kuyobora ba mukerarugendo

    Hirya no hino mu gihugu, umubare muto w’abagore bakora mu kazi k’ubukerarugendo ukomeje kuba hasi y’uw’abagabo, kutigirira icyizere aho bamwe batinya inyamaswa no kurira imisozi, bikavugwaho kuba bimwe mu mbogamizi zibuza abagore kwitabira uwo murimo.



  • Dubai

    Ntabwo Abanyarwanda bangiwe kujya i Dubai - Ambasade

    Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu(UAE zifite Umujyi uzwi cyane wa Dubai) irahakana ko Abanyarwanda bimwe Visa (uburenganzira) yo gusura icyo gihugu nk’uko byakozwe ku baturage b’ibindi bihugu barimo abo muri Nigeria.



  • Dore inzu Umwami Rudahigwa yivurijemo bwa mbere

    Ni imwe mu nyubako zibarizwa mu zigize ibitaro bya Gahini biherereye mu Karere ka Kayonza n’ubwo itagikoreshwa. Ubwo twaganiraga n’umuyobozi w’ibitaro bikuru bya Gahini, Dr Ngabire Nkunda Philippe, yavuze ko iyi nzu ari inzu y’amateka. Ati: “Ni inzu y’amateka ashingiye ku kuba Umwami Mutara III Rudahigwa yarazaga (...)



  • Bamwe mu bafashijwe n

    Bagiye kurushaho kongera ikoranabuhanga mu gufasha abakenera kujya mu mahanga

    Ubuyobozi bwa kompanyi yitwa EDVISA Ltd ifasha abakora ingendo zijya mu mahanga kubona ibyangombwa bibemerera kujyayo, buvuga ko ubu barimo kubaka ikoranabuhanga rizorohereza ukeneye izo serivisi gukurikirana dosiye ye aho igeze, mu rwego rwo koroshya ihererekanyamakuru.



  • Musanze: Hari ibyiza byinshi bungukira mu Kwita Izina Ingagi

    Ubwo umuhango wo Kwita Izina abana b’Ingagi 20, wabaga ku nshuro ya 18, abaturage by’umwihariko bo mu Karere ka Musanze, bavuze ko hari ibyiza byinshi bagenda bungukira muri uyu muhango.



  • Abaturiye Pariki y’Ibirunga barishimira iterambere yabagejejeho

    Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bavuga ko yabateje imbere mu bijyanye n’ubukungu ndetse no mu mibereho myiza. Tariki ya 02 Nzeri 2022 ubwo abaturage bari babukereye biteguye abashyitsi baje kwita izina abana b’ingagi 20, abo baturage bagaragaje ko guturira Pariki y’Ibirunga byabateje imbere.



  • Minisitiri w

    Minisitiri w’Intebe Ngirente yasabye abaturiye Pariki gukomeza kubungabunga ibidukikije

    Mu muhango wo kwita izina abana b’ingagi 20 wabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru tariki ya 02 Nzeri 2022, Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard, yasabye abaturiye Pariki gukomeza kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima.



  • Dore amazina yiswe abana b’ingagi

    Mu muhango ngarukamwaka wo kwita izina abana b’ingagi baba baherutse kuvuka, muri 2022, abana bavutse muri 2021 na 2022 ni bo biswe amazina. Ni umuhango wabereye muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, aho witabiriwe n’ibyamamare biturutse hirya no hino ku isi. Ni ibirori byitabiriwe (...)



  • Umuhango wo Kwita Izina waherukaga guhuriramo abantu benshi muri 2019

    Igikomangoma Charles na Didier Drogba mu bazita izina abana b’Ingagi

    Urwego rw’Igihugu rw’iterambere RDB rwatangaje bamwe mu banyacyubahiro bazitabira umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi 20. Muri aba banyacyubahiro harimo Umunya-Côte d’Ivoire wamamaye mu mupira w’amaguru, Didier Drogba n’Igikomangoma Charles cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza. Aba bari ku rutonde rw’abazita izina (...)



  • Abaturiye Pariki y’Akagera barishimira ibyavuye ku musaruro w’ubukerarugendo

    Niyonzima Olivier ukuriye agakiriro ka Cyarubare, yatangaje ko yishimira ko betejwe imbere nta n’umwe uhejwe yaba umugore cyangwa Umugabo. Mubuhamya bwe, yavuze ko muri aka gakiriro gakoreramo abagabo 30 n’abagore 35. Muri aba bose bakora ubudozi, ububaji, gusudira, no gushushanya.



  • Hari abajya gusengera i Kibeho batanga ubuhamya bw

    Baboneye ibitangaza i Kibeho (Ubuhamya)

    Mu gihe abantu bakunze kujya gusengera i Kibeho cyane cyane ku itariki ya 15 Kanama bazirikana ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya, no ku ya 28 Ugushyingo bazirikana igihe amabonekerwa yahatangiye, hari benshi bavuga ko bagiye bahabonera ibitangaza.



  • Amb. Charity Manyekure (umugore) yanyuzwe n

    Ambasaderi Manyekure yanyuzwe n’iterambere ry’ubukerarugendo mu Rwanda

    Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Charity Manyekure, aratangaza ko hari byinshi abashoramari bo mu gihugu cye biteguye kuza kwigira no kwagurira ibikorwa byabo mu Rwanda, mu rwego rw’ubukerarugendo, by’umwihariko bukorerwa mu Karere ka Musanze.



  • Icyamamare Lewis Hamilton yasuye u Rwanda avuga ko ruzamuhora ku mutima

    Lewis Hamilton ukomoka mu Bwongereza akaba azwi cyane mu mukino wo gusiganwa atwara imodoka nto (Formula 1), yasuye u Rwanda asura n’ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu rwego rw’urugendo arimo akorera muri Afurika.



  • Ibi bikorwa byafashije n

    Pariki y’Akagera yashoye Miliyoni 250 Frw mu bikorwa biteza imbere abayituriye

    Umukozi wa Pariki y’Akagera ushinzwe ubufatanye hagati ya Pariki y’Akagera n’abayituriye, Karama Joseph, avuga ko uyu mwaka bashoye amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 250 mu bikorwa bigamije guteza imbere abaturage bayituriye aturuka ku nyungu zabonetse kubera ibikorwa by’ubukerarugendo.



  • Perezida Kagame yakiriye Ellen DeGeneres na Portia de Rossi

    Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Kamena 2022, muri Village Urugwiro, yakiriye Ellen DeGeneres na Portia de Rossi ndetse n’itsinda bari kumwe mu Rwanda, aho batashye ku mugaragaro ikigo cy’ubushakashatsi ku kubungabunga ingagi.



  • Video: Dutemberane mu gace ka Norvège ya Kigali kitiriwe igihugu cy’i Burayi

    Abatuye mu gace kitwa Norvège mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ubuzima bwaho bugenda burushaho guhenda bagereranyije no mu myaka yo hambere, kubera iterambere ririmo inyubako nziza n’ibikorwa remezo bikomeje kuhashyirwa.



  • IFOTO Y’ICYUMWERU: Wari wabona inkomo itera akabariro?

    Ni byinshi biba mu buzima n’imibereho y’inyamaswa, ariko bimwe ntitubimenye kuko tudakunze kuzibona kenshi. Kugira ngo zibeho ndetse zororoke, na zo zikenera guhura hagati yazo zigahuza ibitsina (gutera akabariro). Iziri muri aya mafoto zitwa inkomo, umunyamakuru ufotora wa Kigali Today akaba yaraziguye gitumo muri Pariki (...)



  • Mu Biryogo hatangiye gukurura ba mukerarugendo (Video)

    Abatuye mu Kagari ka Biryogo mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugege, by’umwihariko ahazwi nko muri Tarinyota, barishimira ko hahindutse hakaba hasigaye hakurura ba mukerarugendo.



  • Robert Pires na Ray Parlour bakiniye Arsenal bishimiye ibihe byiza bagiriye mu Rwanda

    Robert Pires na Ray Parlour bamamaye mu ikipe ya Arsenal bagaragaje ko bagiriye ibihe byiza mu Rwanda, muri gahunda bajemo ya Visit Rwanda, y’ubufatanye bw’u Rwanda n’iyi kipe yo mu Bwongereza.



  • Ubu buryo bufasha ba mukerarugendo kwirebera ibyiza nyaburanga bari mu kirere

    Mu Rwanda hatangijwe uburyo budasanzwe bwo gutembereza ba mukerarugendo

    Ikigo Royal Balloon Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) na Pariki y’Igihugu y’Akagera, cyatangije uburyo bufasha ba mukerarugendo kwitegereza ibyiza bitatse Pariki y’Igihugu y’Akagera bari mu kirere, mu mipira itwarwa n’umwuka ushyushye izwi nka Hot Air Balloon.



Izindi nkuru: