Kubwimana Jean de Dieu, umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’umurenge wa Kayumbu, atangaza ko iyo mvura yatangiye kugwa ahagana mu ma saa saba z’amanywa.
Yageze aho ibijojoba by’imvura birakama hasigara hagwa urubura gusa rwibasiye imidugudu ya Murambi na Kaje n’igice cy’umudugudu wa Kangezi mu kagari ka Mayange.
Uretse imyaka yangiritse cyane, nta kindi kintu cyangijwe n’imvura.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Abobantu barababaje pe bakwiye ubufasha akarere kabiteho
Bantu biwacu mwihangane !Imana iratuzi