Mu nyubako y’imikino izwi nka Arena Varazdin muri Croatia, hari hakomeje imikino y’igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 19 cyanitabiriwe n’u Rwanda.
![](IMG/jpg/20230808_191726.jpg)
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yaje kwitwara neza itsinda cya Nouvelle Zélande ibitego 44 kuri 17, ari nawo wa nyuma u Rwanda rukiniye muri uyu mujyi.
Nyuma y’iyi mikino, ku munsi w’ejo ni umunsi w’ikiruhuko aho ibihugu bitandukanye bizagenda bihindura imijyi byakiniragamo bitewe n’aho irushanwa rigeze.
U Rwanda ruraza kwimukira mu mujyi wa Rijeka ruvuye Varazdin, aho bagomba guhatanira imyanya kuva ku wa 25 kugera ku wa 28.
![](IMG/jpg/20230808_191618.jpg)
![](IMG/jpg/20230808_191746.jpg)
![](IMG/jpg/20230808_191723.jpg)
![](IMG/jpg/20230808_192133.jpg)
![](IMG/jpg/20230808_191835.jpg)
![](IMG/jpg/20230808_191606.jpg)
![](IMG/jpg/20230808_191809.jpg)
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|