Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1298 )

MWIRIWE ESE IKIBAZO CYO MUKARERE KA GISAGARA AKAGARI GAKOMA UMUDUGUDU GATARE CYO KUBA TWARASENYEWE ’NABAGEJEJEHO MWABA MUGIYE KUTURENGANURA CYANGWA UWO TUREGA NIWE TUREGERA? NYAMARA TURABABAYE .MURAKOZE DUTEGEREJE UBUVUGIZI BWANYU.

mimi yanditse ku itariki ya: 21-10-2013

Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx

Elias yanditse ku itariki ya: 20-10-2013

Dukeneye amazi meza, mumudugudu wa ruhanga akagari ka ruhanga umurenge wa rusororo akarere ka kagasabo 80% bakoresha igishanga cyo kwisumo, ayo mazi arikuli kaburimbo namwe muzirebere

aias yanditse ku itariki ya: 18-10-2013

mutubarize natwe kobatwemereye umuriro kucyigo cyamashuri y,E.P,KAGEYO nonehashize imwaka 2 tutarawubona mutubarize

niyomuremyi yanditse ku itariki ya: 17-10-2013

MWIRIWE ;MWADUKORERA UBUVUGIZI MU KARERE KA GISAGARA KO HARI AKARENGANE AHO TWASENYEWE NTA MPAMVU ; KANDI DUTUYE KUMIHANDA AHUBWO TUKAJYANWA GUTUZWA MUMISOZI UBU HATANGIYE KUBONEKA INGARUKA NYINSHI MBI KUBANTU BATARABONA UBUSHOBOZI BWO KUBAKA ’TURI KURENGANA CYANE MUZADUSURE MUZUMIRWA ;SECTEUR MAMBA ;CELLULE GATARE. MURAKOZE.

mimi yanditse ku itariki ya: 16-10-2013

uwahiga umuhigo w’ubuhinzi bw’icyayi muri Gicumbi,yatahana
intsinzi,nkurikije, uruhari gifite mu bukungu bw’iki gihugu, n’ukuntu His Excellence,adukangurira kwiga kukinywa(orthodox tea,flavored).

siboniyo theophile yanditse ku itariki ya: 16-10-2013

rusizi nzahaha.nyenji.dufitikibazocyumuriro.kandi urugomerorwa.kojefale.duhuriyehona.kongo.uburundi.rwubatswemu.murengewa.nzahaha.homukagalikanyenji.nukuvugako umurirujya.iburundi.ucanyenji.ugakomeza.arikontamuriro.ntamuhanda.gusayubajije.umuyoboziwakarere.bwana Nzeyimana Oscali w’akubwirako,birimur,prog yakarere.

vainqueur olivier yanditse ku itariki ya: 15-10-2013

kinihira sawa uretse ko abanyakigali bahinjiriye ngo nabatechnicien aruguteka imitwe bagateranya abo bahasanze;GS KINIHIRAYO YIYEMEJE KWAMBURA BASHAKA IBYUBUNU NAKAGA

Freddy yanditse ku itariki ya: 12-10-2013

MUTUBARIZE MTN YARATWAMBUYE AMAFARANGA TWAKOREYE TWANDIKA SIMUKADI ZA MTN , BARATURANGARANYE TWABUZE AHO TUBARIZA , NAGIYE KURI CENTER ZA MTN BAKATUBWIRA KO ATARIBO BABISHINZWE, TURATABAZA . NDABIZI MUZI GUTOHOZA INKURU NI MUTOHOZE KUKO BIRABABAJE PE! IMVURA,IZUBA ,INZARA, TWAHUYE NABYO TWIZEYE NGO TURAKORERA AMAFARANGA .

NKOLE yanditse ku itariki ya: 11-10-2013

MUTUBARIZE M TN YATWAMBUYE AMAFARANGA YACU TWANDIKIYE AMASIMUKADI AHAAAAA! BIRABABAJE PEE!

NSENGIYUMVA yanditse ku itariki ya: 11-10-2013

mwarakoze cyane kutujyezaho iki kinyamakuru ariko nkasaba retako yakoze umuhanda uva kurikaburimbo ugana rukoma,gusa ntikore ujya kayenzi.ubwo sakarengane kwiterambere ryubucuruzi bwikayenzi?

levis yanditse ku itariki ya: 10-10-2013

aha?????? ywe abanyakigali ni danger::::::::::

rwabuzisoni yanditse ku itariki ya: 8-10-2013

Mbashimiye ku bw’ibyiza n’amakuru agezweho muduha,mukomereze aho

Tuyizere Sean Philippe yanditse ku itariki ya: 8-10-2013

Natwe muri Nyamasheke umurenge wa Nyabitekeri amapoto asaziye mu butaka kandi umuriro turawukeneye

UWIMANA ANNE MARIE yanditse ku itariki ya: 7-10-2013

Mwadukoreye Ubuvugizi Nkabantu Twubatse Isoko Ry’ I Nyanza,hakaba Hashize Imyaka Ibiri Tutarahembwa Rwiyemeza Mirimo Hitiyaremye Afrodisjust Size Avugako Akarere Katarayamuha.Mwatubariza Icyo Tuzira Mukarere Prz Isoko Ryaruzuye Barikoremo Ni Mudutabare Mbaye Mbashimiye

Imanaturikumwe Emmanuel yanditse ku itariki ya: 7-10-2013

Ko abanyamakuru tubrmera; mwadukoreye ubucukumbuzi bwimbitse ku kibazo kiri mu karere ka Ngoma aho Nambaje Aphrodise akomeje guteranya abakorera ? ?
ako karere bakaryana kugira ngo we akomeze yinjize bene wabo bazamufashe gucengeza amatwara ya PSD. Utugero yazanye murumuna we gukorera muri Kibungo amuhungishije i Kirehe aho yariye mutuelle yabaturage muri Gahara; ubu agiye gutwara mushiki we Nyirabagenzi kuyobora poste de sante ya Kazo bitanyuze mu mucyo. Genda Ngoma warakubititse!

Rusarika yanditse ku itariki ya: 6-10-2013

Mwadukorera ubuvugizi bakadukorera umuhanda wa Ruhango-Kinazi, nahantu umuhanda wacitse kinazi-Mutima. Turabashimiye!

Mbonabucya Gerard a.k.a DOGNOSE yanditse ku itariki ya: 5-10-2013

UMUDUGUDU NGANZO AKAGARI MATABA UMURENGE GIHANGO:ITERAMBERE TURIGEZE KURE KDI TWESE TWAVUYE MURI HIGH RISKS ZONE. ICYO TUBURA AMASHANYARAZI ; KDI TURASHIMIRA GAHUNDA YA LETA ITUGEJE KU ITERAMBERE,ARAREKWA NTASHIRA :NGANZO NI PARADIZO PARADIZO(MU CYEREKEZO 2020).

MUNYAMPUNDU CYPRIEN yanditse ku itariki ya: 1-10-2013

turabemera cyane rwose kubwa service nziza muduha.ariko mu murenge wa remera umuriro ntago watugezeho rwose si nzi icyo mwadufasha rero!!!!!!!!
murakoze cyane!

kizigenza mutangana yanditse ku itariki ya: 30-09-2013

mwatubarije

claude ckodelo yanditse ku itariki ya: 29-09-2013

Turashima byimazeyo Equipe iyoboye Kamonyi,ku imikoranire myiza n’abaturage.DUKORANE UMURAVA DUTERE IMBERE.

S. Jpaul yanditse ku itariki ya: 27-09-2013

mudufashe natwe dukeneye kaburimbo imusamvu hashize igihe kinini kobazawuduha mutubarize ni ngoma kibungo

petit yanditse ku itariki ya: 26-09-2013