Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
MWIRIWE ESE IKIBAZO CYO MUKARERE KA GISAGARA AKAGARI GAKOMA UMUDUGUDU GATARE CYO KUBA TWARASENYEWE ’NABAGEJEJEHO MWABA MUGIYE KUTURENGANURA CYANGWA UWO TUREGA NIWE TUREGERA? NYAMARA TURABABAYE .MURAKOZE DUTEGEREJE UBUVUGIZI BWANYU.
Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx
Dukeneye amazi meza, mumudugudu wa ruhanga akagari ka ruhanga umurenge wa rusororo akarere ka kagasabo 80% bakoresha igishanga cyo kwisumo, ayo mazi arikuli kaburimbo namwe muzirebere
mutubarize natwe kobatwemereye umuriro kucyigo cyamashuri y,E.P,KAGEYO nonehashize imwaka 2 tutarawubona mutubarize
MWIRIWE ;MWADUKORERA UBUVUGIZI MU KARERE KA GISAGARA KO HARI AKARENGANE AHO TWASENYEWE NTA MPAMVU ; KANDI DUTUYE KUMIHANDA AHUBWO TUKAJYANWA GUTUZWA MUMISOZI UBU HATANGIYE KUBONEKA INGARUKA NYINSHI MBI KUBANTU BATARABONA UBUSHOBOZI BWO KUBAKA ’TURI KURENGANA CYANE MUZADUSURE MUZUMIRWA ;SECTEUR MAMBA ;CELLULE GATARE. MURAKOZE.
uwahiga umuhigo w’ubuhinzi bw’icyayi muri Gicumbi,yatahana
intsinzi,nkurikije, uruhari gifite mu bukungu bw’iki gihugu, n’ukuntu His Excellence,adukangurira kwiga kukinywa(orthodox tea,flavored).
rusizi nzahaha.nyenji.dufitikibazocyumuriro.kandi urugomerorwa.kojefale.duhuriyehona.kongo.uburundi.rwubatswemu.murengewa.nzahaha.homukagalikanyenji.nukuvugako umurirujya.iburundi.ucanyenji.ugakomeza.arikontamuriro.ntamuhanda.gusayubajije.umuyoboziwakarere.bwana Nzeyimana Oscali w’akubwirako,birimur,prog yakarere.
kinihira sawa uretse ko abanyakigali bahinjiriye ngo nabatechnicien aruguteka imitwe bagateranya abo bahasanze;GS KINIHIRAYO YIYEMEJE KWAMBURA BASHAKA IBYUBUNU NAKAGA
MUTUBARIZE MTN YARATWAMBUYE AMAFARANGA TWAKOREYE TWANDIKA SIMUKADI ZA MTN , BARATURANGARANYE TWABUZE AHO TUBARIZA , NAGIYE KURI CENTER ZA MTN BAKATUBWIRA KO ATARIBO BABISHINZWE, TURATABAZA . NDABIZI MUZI GUTOHOZA INKURU NI MUTOHOZE KUKO BIRABABAJE PE! IMVURA,IZUBA ,INZARA, TWAHUYE NABYO TWIZEYE NGO TURAKORERA AMAFARANGA .
MUTUBARIZE M TN YATWAMBUYE AMAFARANGA YACU TWANDIKIYE AMASIMUKADI AHAAAAA! BIRABABAJE PEE!
mwarakoze cyane kutujyezaho iki kinyamakuru ariko nkasaba retako yakoze umuhanda uva kurikaburimbo ugana rukoma,gusa ntikore ujya kayenzi.ubwo sakarengane kwiterambere ryubucuruzi bwikayenzi?
aha?????? ywe abanyakigali ni danger::::::::::
Mbashimiye ku bw’ibyiza n’amakuru agezweho muduha,mukomereze aho
Natwe muri Nyamasheke umurenge wa Nyabitekeri amapoto asaziye mu butaka kandi umuriro turawukeneye
Mwadukoreye Ubuvugizi Nkabantu Twubatse Isoko Ry’ I Nyanza,hakaba Hashize Imyaka Ibiri Tutarahembwa Rwiyemeza Mirimo Hitiyaremye Afrodisjust Size Avugako Akarere Katarayamuha.Mwatubariza Icyo Tuzira Mukarere Prz Isoko Ryaruzuye Barikoremo Ni Mudutabare Mbaye Mbashimiye
Ko abanyamakuru tubrmera; mwadukoreye ubucukumbuzi bwimbitse ku kibazo kiri mu karere ka Ngoma aho Nambaje Aphrodise akomeje guteranya abakorera ? ?
ako karere bakaryana kugira ngo we akomeze yinjize bene wabo bazamufashe gucengeza amatwara ya PSD. Utugero yazanye murumuna we gukorera muri Kibungo amuhungishije i Kirehe aho yariye mutuelle yabaturage muri Gahara; ubu agiye gutwara mushiki we Nyirabagenzi kuyobora poste de sante ya Kazo bitanyuze mu mucyo. Genda Ngoma warakubititse!
Mwadukorera ubuvugizi bakadukorera umuhanda wa Ruhango-Kinazi, nahantu umuhanda wacitse kinazi-Mutima. Turabashimiye!
UMUDUGUDU NGANZO AKAGARI MATABA UMURENGE GIHANGO:ITERAMBERE TURIGEZE KURE KDI TWESE TWAVUYE MURI HIGH RISKS ZONE. ICYO TUBURA AMASHANYARAZI ; KDI TURASHIMIRA GAHUNDA YA LETA ITUGEJE KU ITERAMBERE,ARAREKWA NTASHIRA :NGANZO NI PARADIZO PARADIZO(MU CYEREKEZO 2020).
turabemera cyane rwose kubwa service nziza muduha.ariko mu murenge wa remera umuriro ntago watugezeho rwose si nzi icyo mwadufasha rero!!!!!!!!
murakoze cyane!
mwatubarije
Turashima byimazeyo Equipe iyoboye Kamonyi,ku imikoranire myiza n’abaturage.DUKORANE UMURAVA DUTERE IMBERE.
mudufashe natwe dukeneye kaburimbo imusamvu hashize igihe kinini kobazawuduha mutubarize ni ngoma kibungo