Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1296 )

imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano

k. dad yanditse ku itariki ya: 2-02-2014

ndashima cyane maire wa kirehe arko nkasaba ko ko yakwigisha abayobozi butugali kuba intumwa na moteur za H E PAUL KAGAME ndahamya ko nawe (maire)yakoroherwa nakazi kuko arakora cyane. Ikindi birakwiye ko yakwita cyane kubikorwa remezo byimirenge iri mucyaro nka MPANGA,MUSHIKIRI NYARUBUYE bigora cyane muri mpanga huhuza ibikorwa byaho ex w,umurenge bimusaba gukoresha imbaraga gusa ntakoatagira. Nkuko bavuga ngo dukwiye kwita kumurwayi mbere yo gusura(visit) umuzima "says :H E PAUL KAGAME"

NTIRENGANYA yanditse ku itariki ya: 1-02-2014

Mu tubarize Maire wa Rulindo icyo bateganyiriza umuhanda NZOVE -RULI warapfuye cyene.

umukunzi yanditse ku itariki ya: 31-01-2014

Abayobozi ba nyarugenge bakemure akarengane gatandukanye gahari cyane cyane vice mayor sociale

alias yanditse ku itariki ya: 31-01-2014

Ab israel bamaze kwambuka inyanja itukura bibagiwe ibyo Imana yabakoreye uburyo yabahaye Manu bashonje uburyo yabatabaye mu butayu.Abo basirikare batangiye kugambaniea H.E.Kagame wazuye kino gihugu bimeze nk ab israel bibagiwe ineza.Ariko Ntamwanya tuzabaha wo kudusubiza inyuma turabamaganye n ababitekereza bandi babyumvireho INTORE ni umurinzi w ibyo yagezeho ntacyabisenya ireba.Mugire Amahoro

Richard Hategekimana yanditse ku itariki ya: 31-01-2014

uyumunsi nyabugogo dina yahagongeye umwana w’umukobwa avuye ku ishuri .ari mukigero cy’imyaka 10years

ntibanyurwadismas yanditse ku itariki ya: 30-01-2014

ko ntakisubizo mwaduhaye akagari ka rutare umurenge wa Rwempasha ikisubizo cyanyu kyiza turategereze merci

Alias yanditse ku itariki ya: 27-01-2014

urwo ruganda rwari rukenewe cyane

Etienne yanditse ku itariki ya: 27-01-2014

muraturyohereza pe kuko mwaje mukenewe 2

thar 6 yanditse ku itariki ya: 26-01-2014

kw’i centre ya Migina hazwi nko mu Kabuga kw’isoko ;haramutse hageze umuriro w’amashanyarazi iterambere mu karere ka Gisagara ryarusha ho kwihuta kuko hari société nini icyeneye services nk’iza’papeteries,studios,secretaria’salons’n’izindi nyinsi abaturage bagombera kujya gushaka mu mugi wa Huye.OK UBUVUGIZI

Nkurunziza Félicien yanditse ku itariki ya: 26-01-2014

mutubarize ubuyobozi bwakarere karubavu niba ririyasoko ryagisenyi nibarizarangizanya nuyumwaka ryuzuye

iyakaremye yanditse ku itariki ya: 25-01-2014

Turasaba ko akarere ka nyarugenge ka kwishyura amafaranga yabubatshe amashuri namacumbi ya mwarimu 2012 kuko guhora babeshya abaturage birarambiranye \mageragere\burema

ALIAS yanditse ku itariki ya: 25-01-2014

nyarugenge yambuye abubatse amacumbi yabarimu namashuri

Alias yanditse ku itariki ya: 25-01-2014

Akagali ka RUTARE Karihakurya yu muvumba ugana mumurenge wa Rwempasha aruguru yaho bahinga umuceri nu mudugudu ukomeye ufite amazu arenga mironga 70 kandi abaturage barahukeneye cyane mutuvuganire kandi tufite ubushobozi byo kuyishura tufite nu ubushake cyaneeeeeeeee! murakoze

murenzi yanditse ku itariki ya: 24-01-2014

Muraho bavandimwe turishimiye urubuga rwibitekerezo mwaduhaye none ndasaba reta y’urwanda bakuru bacu na barumuna bacu bamaze iminsi baburirwa irengero abandi tukabasanga mumiringoti bapfuye nuwabikoze ntagaragare nasabaga ko ibyo bikorwa byubugizi bwanabi babuhagarika murakoze

Jyeshe ngoyagoye yanditse ku itariki ya: 24-01-2014

Dufite ikibazo cy’amazi muri Nyamirambo ahantu bita Rwarutabura nukuri tuvoma Ruhurura ariko n’imyanda gusa. Mudufashe mutubwirire EWASA

alias yanditse ku itariki ya: 24-01-2014

TURASHIMA H.E PAUL KAGAME KUBWITERAMBERE RY’IGIHUGU!

NKWAKUZI ERIC yanditse ku itariki ya: 24-01-2014

uru rumuri muri kamonyi twarwakiriye neza kandi ruzadufasha gutegura imitima yacu hakiri kare mbere yuko itariki yo gutangira icyunamo igera turashimira abayobozi bakarere kacu uburyo bagaragaza gukorana imbaraga nubushishozi baharanira iterambere rirambye.murakozr

Muvunyi yanditse ku itariki ya: 24-01-2014

EWSA mbona ikwiye ubuyobozi bushya ndetse nabakozi kuko abo dufite ubu birabagoye gukemura ikibazo dufite cyamashanyarazi kandi byabaye akarande "iterambere tudafite umuriro ntirishoboka "

alias yanditse ku itariki ya: 23-01-2014

Mutubwirire R.C.S(Rwanda Collection Service)muti abaturage ba Macuba-Nyamasheke bifuzako mwabishyura ingurane zaho muzubaka gereza kuko bategereje igihe kirekire kandi mwarababujije gukora ibikorwa biramba,ubwo rero turi gusigara mu iterambere.Murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 23-01-2014

ndagirango mutubarize mayor wa Kamonyi igihe akagali ka Kagarama,umurenge wa Mugina tuzabonera amashanyarazi kuko nitwe dusigaranye umwijima gusa kandi muti tukuri inyuma mu iterambere ryose wifuriza abaturage bawe natwe turimo.murakoze

safari alexis yanditse ku itariki ya: 23-01-2014

Ndasaba ko mwatubariza. ewasa impamvu itaduha amazi Muri Nyakabanda mu akarere ka Nyarugege hashize igihe tutayabona.

Bingwa yanditse ku itariki ya: 23-01-2014