Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

Turabashimira kudatenguha tubasaba kuzadusura!Muduhere VIATEUR kalibu mu murenge wa Bugarama,akurikirane akarengane kari kuhavugwa cyane cyane ku kigo cy’amashuli cya groupe saint paul muko ninyerezwa ry’akayabo k’amafranga yakwa ababyeyi yitwa ko agura computers ubu akaba ntayaguzwe hari izo MINEDUCyatanze gusa,amakuru aboneka aruko hitawe kumutekano wuyatanze!

Welcome yanditse ku itariki ya: 22-03-2014

Mukomere cyane!impamvu imihigo igora abayobozi benshi ni akarengane na munyangire. ba Mayors mukurikiranire hafi amabaruwa yandikwa mu izina ryanyu agasinywa n’abungirije,kko abaturage barengana ntiwababonamo imihigo!Bigire kuri Nyamasheke

Soso yanditse ku itariki ya: 22-03-2014

murakoze kubuvugizi mukora ku babiyambaje! Muri Rusizi akarengane karabica mwatubariza mayor ko amabaruwa yandikwa mu izina rye agasinywa n’abungirije ayakorera suivi! ingero;akarengane kakorewe-ushinzwe amasomo kuri groupe saint paul(muko)bugarama,nushinzwe umutungo ubwo bagambaniwe numuyobozi w’ikigo yitwaje Gatera egide(gitifu) bizwiko bibanira nk,inshoreke na seo waho.byabayehe ko umubyeyi twakoranye neza tukazamura umubare w’abana batsinda tukaba abambere mu karere yiturwa gutabwa kugasozi ninda y:amezi 8,nyuma yigenzura ryakozwe na Bazile (mayor social)ryarangiye ari umwere,ntibyabuza ko ariwe wamusinyiye ngo ashingiye ku ibaruwa ya padiri wabyihishe inyuma ashakira uwo biganye gukora hafi basinyira umutegarugori guta urugo n’abana ninda y,imvutsi?ese umukozi uhembwa na leta padiri amufataho icyemezo ntategeko yishe gute akarere ko ari aka mayor?nyamara kuri icyo kigo hariwe 15millions,nibindi byinshi.twe abarimu mudukomye munkokora turabona gukoraneza bigiringaruka

gitimujisho yanditse ku itariki ya: 22-03-2014

TURANENGA UBURYO SEC.EX.NYABIHU ARIMO ARENGANA YARUMUNTU URWANIRA ISHAKA AKARERE.

NKURUNZIZA yanditse ku itariki ya: 21-03-2014

Kamonyi EWSA itumereye nabi kutwima umuriro kumanwa naninjoro buri munsi nuko bimeze pe! mudutabarize murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 20-03-2014

Ndashimira ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma uburyo barimo bagerageza guteza imbere umugi wabo nubwo bigaragara ko hagikenewe gukorwa byinshi ngo Ngoma ijye kuri standards z’indi mijyi imaze gutera imbere mu Rwanda.

GAUCHEE yanditse ku itariki ya: 20-03-2014

turashimira ikinyamakuru cya Kigali today kuko amakuru arimo n’ibitekerezo ari ibyubaka.
ndashimira igitekerezo cya Kagabo Joseph koko kuki hari abadaha agaciro gahunda ya NDI UMUNYARWANDA kubitwibutsa ni ngombwa nkuko umuntu atagira aho yibagirwa izina rye

RUTAGANIRA Bernard yanditse ku itariki ya: 18-03-2014

ndanshimira meya wa karere ka kayonza kubera igisushanyo mbondera cyu mugi,ubushobozi byumuntu nibwo bumuha gutura ahantu adashoye kubaka umugi bajye mucyaro, murakoze.

kansiime janet yanditse ku itariki ya: 14-03-2014

Muraho?Mwatubariza abashinzwe uburezi mu karere ka Rusizi,umurenge wa Bugarama,paroisse Mashyuza,impamvu hariwe millions zitagira ingano kukigo cyamashuli, mutagatifu Pawulo(Muko)ya computers,niba nyuma yigenzura rya mutation zahawe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo aribo icyaha cyahamye ko umuyobozi wikigo wayariye tubona yigaramiye?ese akarengane ntangaruka gafite kuburezi?ese iyo umuyobozi wo hasi arenganije umuntu uwo hejuru akabiha umugisha,ubwo amaherezo azaba ayahe?tugiye gukora nabi kuko nibyo bitagira ingaruka rero!

Gitimujisho yanditse ku itariki ya: 14-03-2014

ndashimira police y urwanda uburyo ikora akazi kayo kaburi munsi?

unkown names yanditse ku itariki ya: 11-03-2014

umunyamabanganshingwabikorwa wa Giheke NDUWAYO Viateur bamwimuye vuba kandi twari tumutezeho byinshi KUKO giheke yasigaye inyuma

alias yanditse ku itariki ya: 11-03-2014

Dushimire mayor wa nyanza ,batangiye igikorwa cyo kuduha umuriro AMAYAGA BUSORO.

alias yanditse ku itariki ya: 9-03-2014

Mumugi Wakigali Turanenga Ibiciro Bya Transpor Bahindagura Burimusi

Habumugisha yanditse ku itariki ya: 9-03-2014

mwaramuste mberena merembajekubasuhuza twebwe twarumiwe umurenge wa ruhango mukarere karustiro hariruswa ikabije kuri porice impamvu. mbivuze hari uwitwa mukarurangwa kidamage numuntu ukundakugira urugomocyane police yije kutabara bamujyezayo bagahibamurekura akaza avugango turuswyanubusa ngo ifranga rirako rwosendagirango mudufashe turababaye murakoze

Hakizamana yanditse ku itariki ya: 6-03-2014

ndashimira ubuyobizizi bwakarere ka kamonyi kubwibyiza byose batugezaho

habimana samuel happy yanditse ku itariki ya: 5-03-2014

mwiriwe umutekano ni mucye I mihanga

mutesi yanditse ku itariki ya: 4-03-2014

hano mu bigo bya mashuri abana bagiye kwicwa ninzara aho abana barya uturyo ukagira ngo nutwo urihinja

habinshuti alfred yanditse ku itariki ya: 3-03-2014

murakoze kubwa amakuru meza mutugezaho,arko mukarere ka nyabihu hari ikibazo cyokuba hari abantu bashimuswe bakaba bari abaprofesser bakaba baraburiwe irengero none c ko ntabayoz babikurina bizagenda gute

evagreen eva yanditse ku itariki ya: 2-03-2014

Mwaramutse,mwatubariza mayor wa karere ka kayonza
icyo ateganyiriza abaturage bu murenge wa kabarondo
akagali ka ka kabura,
bategereje umuriro none amaso yaheze mukirere
kdi barimo bararushaho kwitezimbere
bikorera umuhanda.

ELIAS yanditse ku itariki ya: 1-03-2014

Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.

Alias yanditse ku itariki ya: 28-02-2014

Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.

Alias yanditse ku itariki ya: 28-02-2014

mutubarize ewasa na meya wa akarere ko mukarere ka nyanza imidugudu iri kure y’umugi yabonye umuriro nka rugari b yegereye umugi yo yazize iki?bawutwemereye tugifata amazi 2012 mu kwa 12,umwaka ushize batwemerera ko le5/2/2014 tuzaba dufite umuriro byagiye nka za hene.turazira iki ibigo by’amashuri birahari,centre y’ubucuruzi ..

alias yanditse ku itariki ya: 28-02-2014