Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Umuvunyi afatanije n’ inzego zibifite munshingano zabo bihitire kureba ukuntu ikoreshwa nabi ry’ umutungo wa leta donc w’ abaturage uriho urakoreshwa nabi. aho umucungamari yasimbuye umuyobozi w’ ikigonderanuzima cya Mashesha, nawe ugaragara nk’ udahari, aho amasoko agera kuri 2000000 akarwa akanama k’ amasoko katabizi
Aho fagitire zihimbwa zikinjizwa muri comptabilite y’ ivuriro( isinga yajyanye umuriro kuruganda rw’ ibigori rw’abajyenama b’ ubuzima)........
muraho murakarama.mwatubarije impamvu diprome cyangwa seritifica zidata agaciro ariko provisaire ndashaka kuvuga uruhurya rwagateganyo rwogutwara ibinyabiziga nyuma yimyaka 2 rubarutaye agaciro kandi umuntu aba yarize muma eto ecol
Matare college yanze kuduha ayo twakoreye 2013 mutuvuganire Rusizi mayor
Turasaba urwego rw’umuvunyi na commission y’abakozi ba leta kujya gukurikirana akarengane kari kuvugwa muri Rusizi cyane cyane ahakomeje kugarukwaho (urwunge rw’amashuli Muko)byafasha leta kutikorera umuzigo w’imanza zikuruwe naba mpemuke ndamuke
umuhanda mashyuza site ntagitekerezo cyawo mwamenya?ko wagira umusaruro kubera uruganda rwa sima nimodoka ziwucamo kandi zipacyiye sim nizipa cyira imiceri ivamuri kariyarere ijya hanze nomumugi,wakigari nahandi .....
Harakorwa Iki Kugirango Kariya Karengane K’abarimu Bo Mu Karere Ka Rusisi Muri G S Muko Karagire Kdi Hatangwe Ubusobanuro Kugirango Tumenye Imvo N’imvano Yabyo?
Nyabuneka mudutabarize,mayor wacu(Rusizi) nadutabare,abarimu bo ku rwunge rw’amashuli muko yadusize kucyo we ubwe yise liste noire,kdi tumaze igihe dutaka mudutabare
Abarezi bo ku ishuri Kabarondo Vision Junior School i Kayonza ntibatangirwa amafaranga muri RSSB.Mubafashe barenganurwe.
Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.
Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.
burera turabashima ariko bagabanye ironda karere mubuyobozi kuko hayobora umurenge yumwe gusa abandi ntibamenya aho ibizaminimbyakorewe murakoze
Nshimiye iyigahundamwashizeho y okugaragarizamo icyo umuntu atekereza nkabamboneyeho umwanya w ogushimira maiya w akarere ka rubavu uburyo agumya kwita kubibazobyabaturage kandi akababonera ibisubizobibanyuze :
Turishimira sec ex wa Bugarama twamaze kumenyako ari umugabo wukuri,turamusaba kutwibagiza akarengane na munyangire Gatera adusigiye!kdi yihutire gukurikirana ibyo umuyobozi w’ikigo cy’urwunge rw’amashuri cya Muko kko nyuma yo kwirenza uwari amwungirije ushinzwe amasomo,n’ushinzwe umutungo yamaze gukora icyo yise liste noir y’abarimu atiyumvamo,kdi abandi arikubahuriza mukabari vip buri mugoroba (means udutsiko)kdi arigamba gushora imari(y’ikigo)mugushakisha uwo ariwe wese watanze amakuru y’ibibera mukarima ke yarazwe na Egide(ajya kujya i Giheke)yasize avuzeko azirenza uwo ashatse wese atitaye kuburezi nuburere bw,abana ashinzwe!!our new leader burizamo impamvu yose yatuma udashyika kunshingano wemereye mayor wacu,gira uruhare rukomeye mugufasha mayor gusubiza Rusizi mu myanya ya mbere kurwego rw’igihugu tubikesha umurenge wacu.kigali to day hari abaje gushakira identification yacu aho!
ARIKO IGIHE TWATAKAMBIYE NGO MUTUBARIZE AKARERE KA MUHANGA ICYO GAKORA NGO ABATURAGE BAMBUWE NA CT MUHANGA AMAFARANGA YABO HASHIZE IMYAKA ITATU BAYABONE KO BAHEZE MU GIHIRAHORO MWABAFASHA MUKABAGIRA INAMA KO AKARERE KICECEKEYE BIZAGENDA BITE KOKO?UBWO ICYO KIBAZO NACYO KIZATEGEREZE MUZEHE WACU PEREZIDA KO YAGOWE?
college urumuri tumaze imyaka 2 tudatangirwa CSR,no Kubona Umushahara Ninduru.Mutubarize
Akarere ka Gatsibo ariko kanjye ndagashimira cyane k,uburezi bufite ireme kakomeje kugeza kubana babanyarwanda,utundi turere turebereho,uburezi bw,abana babakobwa ntago turinyuma cyane usibyo kowenda kazareba niba hari abatajya kwiga bakamenya impamvu zabo,Gatsibo yacu komerezaho.
Muri nyabihu umurenge wa Rugera tumaze amezi atatu nta muriro mutubarize ewasa,uko tuzawubona.
Turibaza twe abaturage bo mumurenge wa jomba ho mukarere ka nyabihu akarere katihutisha gahunda yo kuduha umuriro kd baraje gupima aho bazashyira amapoto arko amaso yaheze mukirere mutubarize ni mukagari ka gasura kuko barikutundindiza cyane!thx
Umuvunyi yongere imbaraga mukazi ke ndabona ifi nini zatsembyeho udutoya nugutabara amagi zitarayamira bunguri!Icyo wakibaza niki gitumye mu karere ka Rusizi haduka akarengane no kunyereza ibya rubanda?mwibutse Mayor discour yavuze nyuma yo kwegura(kweguzwa)kwa Francoise na Marcel.Mayor don’t forget your speech please!Kigali to day thanks for your careful.
Muhorane Imana!turasaba ubuvugizi Mayor w’akarere ka Rusizi munyungu z’uburezi n’uburere yamanutse mubushishozi bwe ko twiteguye kumuha ukuri kw’ibivugwa ku rwunge rw’amashuri rwa mutagatifu pawulo Muko:ibyifuzwa_1gukurikirana amafranga ya computers,2 inyerezwa ry’amafranga y’inkunga yari yatewe ishuli ry’incuke 3 akarengane kakorewe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo 4 imyitwarire idahwitse y’umuyobozi wicyo kigo.N.B amakuru yaboneka neza hubahirijwe umutekano wuyasabwe,mudutabare
NTUYEMUKAREKAYONZA DUFITE IKIBAZO UMUYOBOZIWIKIGOCYABU BAHIZIFOKASIYATWIMYERAPUTORUKANDIBARAZIMUHAYENGOTUJYETUZIGIRAHO MURAKOZEBANYAKUBAWA
Abarimu bakora mu murenge wa nkungu/rusizi [ college de matare] twabuze amafaranga twakoreye kuva 9 kugeza 12 muwa 2013 hamwe na prime zumwaka wose N B:Ubwo ni bwo burezi bufite ireme ? MUDUTABARIZE