Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1305 )

Ndi ngororero umudugudu wa gihe twe nakomite yumudugudu amatora yaratinze ngodutore nyakubahwa poul kagame nsuhuriza nikobatuye namudugudu mourisse.

Fabien kaneza yanditse ku itariki ya: 17-07-2017

Kbs Nange Ururubuga Ntarukunda Cyanye Ewanaa!! Uwo Musore Wiyahuye Yari Ahaze Imyumbati Yiwabo Gusa Imana Irye Ireba Ibibera MwiSI Yiremeye

Abdu yanditse ku itariki ya: 14-07-2017

ubuyozi bushyira imbere imibereho myiza y’abanyarwanda nibwo butumye igihugu kiba igitangaza ku isi yose. tuzarushaho guhiga amahanga dufata neza ibyagezweho,dukunda urwatubyaye,dusenyera umugozi umwe. murakoze

Niyonzima jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 13-07-2017

isenywa rya hoyel

Muhiza Emmanuel yanditse ku itariki ya: 11-07-2017

Ko mu karere ka kirehe amazi aringora bahizi bavuga ko ahari ariko kuyasaba ntuyabona

Elias yanditse ku itariki ya: 7-07-2017

munjye munyoherereza amakuru yakaro njyi murakoze.

bihoyicyi osicari yanditse ku itariki ya: 2-07-2017

icyibazo mfite kucyimuda subizaho icyipe yumupira wamaguru ? mujyemukopera utunditurere?murakoze.

bihoyicyi osicari yanditse ku itariki ya: 2-07-2017

mujye munyoherereza amakuru yo muntara ya Amajyaruguru

Ndacyayisenga Innocent yanditse ku itariki ya: 21-06-2017

turashima kt

eliia yanditse ku itariki ya: 20-06-2017

uyumunsi mumurenge wagatenga akagali ka gashyekero nibwo mugitondo cyakare habonetse umusore wimanitse yiyahuye amakuru twabashije kumva ngo nuko ngo yagiye gucyina ikiryabarezi arinako asunika kamitsing ngo arashirirwa kuyowe bwite yarafite ye maze ngo nibwo yashoye kuyabosi we ucuruza amakara maze atangira kuribwa ngwarakomeza ngwarebeko byibura yagaruza biranga bigeze aho boss we ngo aramuhamagara amubaza aho ama frw ari amubeshyako yayaranguje ibyoyaranguye bitaraza maze ngo nibwo nyirabuja yahamagaye aho barangurira bamubwirako ntayo yabahaye ubwundiwe yariyagiye muvitondo rero kare ngo arabyuka aragenda akoramasuku ahobakorera arangije acaho nyumarero nibwo bagiyekumva bumvango ari mukagozi yapfuye ubworero nimba aripfumwe ryama frw yabandi yajyanye mugukinurusimbi.ngo rwikiryabarezi sinakubeshya pe gsa birababaje.ndangije nsabako rwose mukozubuvugizi nubwo biriya bintu bisora mwakorubuvugizi biriyabintu mugihugu cyacu bigacika kuko usanga ababikina nubundi ntacyobibagezaho ahubwo bibangiza mumutwe ahusanga ingonyinshi zirigusenyuka kubera kumugazwa nabiriya biryabarezi byaje nsubikiye aha ark nkabanyamakuru ndabadaba kuzakorubushakashatsi kubantu bubatse ndetse nabasore babikina koharicyo bimaze murakoze ndabakunda cyane kubwo kutwitaho.ndetse nuburyo.mugiruruhare mwiterambere ryigihugu.

omegaprinciple yanditse ku itariki ya: 12-06-2017

Natwe KT Turayikunda Ibitekerezo Tuzabitanga

Moustapha Platini Lee yanditse ku itariki ya: 11-06-2017

Turashimira PSD Yarebye kure,maze ihitamo umukandinda nyawe.

nsanzamahoro alphonse yanditse ku itariki ya: 5-06-2017

Turashimira RETA Y’URWANDA

IRANKUNDA Zachee yanditse ku itariki ya: 31-05-2017

ngir’inama daniel ubona ko hakwiye gufashw’abakiribato kandi aribo bagifit’imbaraga ngirang’ahubwo bishobotse basaranganya kuko mu zabukuru niho haruhije kurusha bitabujije ko n’abato bakwitabwaho

kamali yanditse ku itariki ya: 31-05-2017

kubabarira no kwiyunga bidufasha kwiyubaka

alias yanditse ku itariki ya: 28-05-2017

ndifuzakonzajyamenya amukuru yaye mukarere kacu.

ntibazankwirafocas yanditse ku itariki ya: 27-05-2017

Mbona amafaranga Leta iha abasaza n’abakecuru yaburi kwezi yajya iyaha urubyiruko mu kubafasha kwiteza imbere mwiterambere ry’igihugu cyacu

Daniel yanditse ku itariki ya: 25-05-2017

I Kibeho ni ahantu hatagatifu kandi si amazi y’isoko ya Bikira Mariya gusa hari ibyiza byinshi abahagenda baharonkera njye ndahatuye muzaze mbatembereze mwihere amaso.

DANIEL yanditse ku itariki ya: 25-05-2017

Akarengane muri KAYONZA DISTRICT, KABARONDO SECTOR, CYINZOVU CELL, CYINZOVU VILLAGE.aho abaturage 7 bikururije umuriro w’amashanyarazi wa EUCL 2 muri bo bari bamaze hafi amezi2 bacana. Ejo le 17/5/2017 manager wa EUCL KAYONZA araza abambura ama cash power abandi 5 baribatarazibona barazishyuye muri EUCL KAYONZA, Manager avuga ko uwo muriro bawubonye kuburyo budakurikije amategeko kandi ari we wawubahaye. YItwaje ko batishyuye umukecuru 50000 frw ngo yo gufatira ku ifoto ye. Bigaragara ko harimo akagambane k’umukobwe witwa Mutoni na Manger wa EUCL kugira ngo abo bafatabuguzi bashya bahombe kandi byarabatwaye amafranga menshi no guhera mu kizima. Turasaba kurenganurwa byihuta ninzego zose bireba, iz EUCL HEADQUATER, IZA lETA, IZ’UBUCAMANZA kugira ngo iterambere ryihute kandi Abanyarwanda bose basangire ibyiza Leta yacu ishaka kutugezaho.

Hitimana theonase yanditse ku itariki ya: 18-05-2017

mwaramutse mwiterambere nibyiza nkunda ikipeyagicumbi nifuzakwabayobozibayo bayegerahafi ntisubire mucyiciro cya 2 murakoze.

nkurikiye yanditse ku itariki ya: 8-05-2017

mwaramutse mwazadusuye mu karere ka gisagara mu murenge wa gikonko mu kagari ka gasagara.ko hari ibibazo bikeneye ubuvugizi bwanyu

alias yanditse ku itariki ya: 4-05-2017

Mwaramutse Ben! ibiyobyabwenge bidinza iterambere. Duhe indirimbo " nzoga iroshya" ya....,..kugira ngo dukomeze turwanye ibiyobyabwenge.

kamana charles yanditse ku itariki ya: 4-05-2017