Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
ndashaka kumenya amakuru yakorona
Ni jack w,I rwamagana turashimira inzego zumutekano byumwihariko abasilikare uburyo bakora akazi muminsi mikuru ya noheri nubunani.murakoze
π΄πππππ ππππ πππππππππ ππ πππππππ π·πππππ πππ ππππππππππ πππππππππππ ππππππππ ππππ ππππ ππππ ππππππ ππ πππππ ππππππππ πππππππππππππ ππ πππππ π ππππππππππ ππππππππππππ πππππππππππ ππππ πππππ ππππππ ππππππππ πππππ ππ ππππ ππππππππ πππππππ ππππππππ ππππππππππ ππππππππ πππππππ ππππππππ ππππππ πππππππ π πππππ πππ ππππππ π ππππππ ππππ πππππππππππ ππ ππππ πππππππππ ππππππππππ.πππππππ π΄πππππππ
Murakoze ndashimira polis yakoresheje muri gasabo ntaweyarenganyijepe uwizeneza yayitahanye murakoze
Ndi mumurenge wa Nyabitekeri akarere ka nyamasheke ndashima igikorwa kiza twagejejweho cyo kuduha network iwacu mugihe twari tumaze tudahamagarana nabacu ubu byaracyemutse baduhaye umunara urwanya Vodacom turishimye igisigaye ni umuhanda bushenge-ntango
NDASHAKA KWIGA NIBWO BUZIMA NUBUKUNGU BWIGIHUGU..
Nashakaga gukoribuvuguzi kukibazo cyamashanyarazi murenge wa Kinihira Akagari Ka Butunzi umudugudu wa Bunahi muruyu muruyu mudugudu ntamuriro tu gira kandi imiduguduyose duhanimbibi bafitumuriro mudukorere ubuvugizi murakoze,
ndazikund kandi ndazisha
Mwiriwe neza? Nifuje kubona urutonde rwabatorewe kuyobora mu karere ka Gicumbi.
Murakoze.
AMAKURUYANYU ARADUFASHA.
MWARAMUTSE RWAMAGANA RUBONA TUMAZE IMYAKA IRENGA 10 DUSABA AMASHNYARAZI MU KAGALI KA KABATASI IMIDUGUDU IBIRI AGASHARU UMUDUGUDU WIKITEGEREREZO UYU MWAKA NA MIDAHANDWA DUKIKIJWE NAMASHANYARAZI CYARUHOGO,I MABARE I RUSENYI NA NO KUBIRO BYUMURENGE IYO MIDUGUDU YOMBI NIYO YASIGAYE HAGATI NTAMURIRO DUFITE MURAKOZE
Twishimiye kubaruriya rugomero rugiyegutangira gukora bizateza imbere ibibihugu by a EAC
Nshimiye urwo rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi kuri ibyo bikorwa bakoze ni rukomereze aho kuko ni urubyiruko rurashoboye kandi nirwo mbaraga zigihugu. Murakoze.
National examinations,2020/2021
Gushaka icyareta cya 2020 2021
mwiriwe gahunda nukwirinda ikyorezo ariko harabantu batabyitaho hari abatambara ubupfuka munwa ubukabari barabukinze ariko abantu birwa barimo kunywa arikingenzi tugomba kwirinda ikyorezo tugakurikiza namategeko yareta
murakoze
Utubari ntitwafunze! Inzoga ziranyobwa, ba gitifu bβutugali bahabwa ruswa bakabareka! None murabona icyorezo kizahagarara gite?
MUMEAMAKURUYOMUBIRUNGA
Mwiriwe neza bavandimwe njyewe nize Agronome hari igitekerezo Mfite cyavamo project ariko nifuza KO mwandangira ahantu nabinyuza ngo ngirwe yuko nabishyira mubikorwa. Murakoze cyane
Ni HITIMANA Daniel umunyeshuri muri G S St FA DE KANSI Abanyeshuri Tugomba kugira uruhare muiterambere ryigihugu
mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
rwose natwe mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza