Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Ububiligi: Ubushinjacyaha bwasabye Inyangamugayo gukoresha ubushishozi zigatanga ubutabera ku barokotse Jenoside
Musanze: Banki ya Kigali yatangije ubwishingizi mu butubuzi bw’imbuto y’ibirayi
Uwari ufite uburwayi bwo mu mutwe yamurwanyeho mu gihe abazima bicaga (Ubuhamya)
RSB iraburira ababika ibiribwa muri firigo bivanze