Ubu se nzabishobora?

Abantu bakunda kujya mu bapfumu kwivuza bakunze kubwirwa ibintu bidasanzwe ndetse ugasanga umuntu arahahombeye kubera ibyamirenge umurwayi aba yaciwe.

Ibitekerezo   ( 3 )

Abapfumu ariko muge mubatandukanya n’abavuzi ba kinyarwanda kuko nabo babaho bavura uburozi.

Abaka ibya mirenge bo ntibavura, kandi mujye mwemera ko uburozi bubaho kuko kubiceceka nibyo biha ingufu abarozi bakumva ko batahanwa.

Claude yanditse ku itariki ya: 23-07-2012  →  Musubize

yesumwami!!cyokora umwana wanjye najya akubagana nzajya mwereka iki gifoto

beata yanditse ku itariki ya: 19-07-2012  →  Musubize

mbega igishitani we!!!!munteye ubwoba!

clarisse yanditse ku itariki ya: 19-07-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.