Karibu ku meza!

Bamwe mu bagabo bakunze kurya mu amaresitora akenshi usanga ibiryo byo murugo bibananira .

Ibitekerezo   ( 5 )

Nyabuneka kurya murugo ni sawa ariko burya umugabo urya muri resitora hari uko aba yanenze iwe .hakenewe ikaganiro cyumuryango rero ubuzima bukaba ikinanasi

Sis yanditse ku itariki ya: 20-11-2012  →  Musubize

abagabo ubu ntibagihaha!!!!!!!!!!!!!!!apfa kubona umugore abonye akazi!!!hehe!!!yagombye kumenya iposho rye ubundi bagapangira asigara, n’ umugore akabasha kuzigama.

akumiro yanditse ku itariki ya: 6-11-2012  →  Musubize

@Nakaga nawe Dudu: Nyamara buriya habaho n’abagore batikoza ibyo kunoza amafunguro mu rugo, batamenya n’ibyo umukozi yatetse! Ngaho mwerure mutwemeze ko kurya nabi biva ku mugabo uba atahashye! Bagore nyamara twihwiture!

Birabishye yanditse ku itariki ya: 3-11-2012  →  Musubize

ariko abagabo we!ubu araje amubwire ngo yatetse imvange ngo ntiyabikoramo!mana we!

dudu yanditse ku itariki ya: 31-10-2012  →  Musubize

Yarangiza ngo watetse nabi, ngo nta nyama ziriho atanazihashye....

Nakaga yanditse ku itariki ya: 31-10-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.