Ishyano ryaguye!

Ntibikunze kugaragara cyane aho nyampinga atwara inda kandi ntamugabo afite ariko iyo bimubayeho abantu baratangara bakumva ko ari ishyano ryaguye kuko bazi ko ariwe abali bose bafataho urugero.

Ibitekerezo   ( 12 )

abakobwa bekujya bumva ko kwifata ari ikintu kigoye ahubwo nyiri ukwinanirwa niwe ugoye izo mindset zigomba kuva mu mitwe yabari kuko ubundi igitsina ntabwo aricyo gukoreshwa uko wiboneye nagato burya nta ubukwe bwajyaga kubaho kuko bubabwakozwe mbere yigihe reka tujye twubahisha Imana turinda nimibiri yacu kandi ufashwe nayo ntabwo imurekura kandi niba ikurinda ukaba ugeze uyumunsi hariya nagace gatoya cyane ngaho rero yiyambaze ibyo cyakoze mbibwiye abizera Imana abatayizera bajye bamenyako nabo ari aba gaciro erega agaciro batubwira nako karimo umuhungu rero ntakakoshye maze ngusigare ugoka wenyine we yikomereze imirimo ye nawe udashobora no kwikarabya nikibazo hejuru yumunsi umwe ugatakaza amahirwe forever nahacu

yanditse ku itariki ya: 19-03-2013  →  Musubize

Nyampinga njye mbona ariwe ufite akaga ko gutwara inda ahubwo noneho abayitwara batatoranijwe no mu mudugudu ba baye ba Nyampinga zaba zihekanye rero ntitugasekane buri muntu numunsi we cyane cyane nka bakobwa guseka mugenzi wawe ni mistake kuko ibishuko byamubayeho nawe niba utarahuye nabyo biri imbere yawe kandi guseka nukuguzanya have rero utazakinwa kumubyimba

Ikirezi yanditse ku itariki ya: 19-03-2013  →  Musubize

muzi gushushanya pe ndabemeye pe

yanditse ku itariki ya: 14-03-2013  →  Musubize

kuba miss nugutwara inda ntacyo bitwaye kuko nawe yambaye umubiri nkabandi bityo rero mugabanye amagambo njye ndumva nta gikuba cyacitse naho ibyako gakingirizo na contraception nta muntu wiga universite uba utabizi ahubwo ni accident nkizindi zose.Ahubwo ubwo abandi bazaba ba miss ubutaha babonye isomo peeeee .

nyiranwiwa claudette yanditse ku itariki ya: 5-03-2013  →  Musubize

Ntabwo ari ukwitaba cyane ugatumwa kure.Ahubwo ni logique simple. Kera hariho umuco utari mwiza wo kuroha abakobwa batwite badafite abagabo. Umunsi umwe bagiye kuroha umukobwa baramubwira ngo navuge ijambo rye rya nyuma maze araturura ati" Jyeweho ndagiye ariko ako nsize mu kanwa kayo kazazana n’undi."

yanditse ku itariki ya: 27-02-2013  →  Musubize

uwo nyampinga yakoze icyaha nkabandi bose nta gitangaje kirimo kuko gukora icyaha kuri mumuntu, ahubwo akwiye kwegerwa agahumurizwa maze akanabwirwa kwihana icyo yakoze, ubundi agashishikarizwa no gukomeza amashuri ye kugira ngo azabashe kurera icyo kibondo. naho kuba nyampinga ntibikuraho kamere y’icyaha iri mumuntu

yanditse ku itariki ya: 24-02-2013  →  Musubize

Gutwara inda utarashaka si byiza ariko jye numva nta muntu yishe kuburyo abantu babigira inkuru ihambaye.
Ikindi mbona ni uko,ababyeyi bakwiriye guhinduka bakigisha abana babo gukoresha agakiringizo,aho kubabwira gusa ngo ni icyaha kandi ntawe uyobewe ko urubyiruko rw’ubu aribyo rwiberamo.Mu bihugu byateye imbere nta mubyeyi ubuza umwana we kuryamana n’uwo akunze,icyo bakora ni ukubafasha kudatwara amada no kwandura MST,babakangurira gukoresha agakiringizo no kunywa bya binini bya contraception,kandi birakunda kuko urebye ubu nibo bafite ikibazo cyo kugabanuka k’urubyaro.naho iwacu abana baryamana bari kuri stress y’uko babafata!!!ugasanga bibagiwe no gukoresha agakingirizo,ibibazo bigakomera kuruta iyo baza kubikora nta stress!!!

Mabano yanditse ku itariki ya: 21-02-2013  →  Musubize

ubundi nyampinga arinda ikambarye iyo ataririnze aba asebye pe.bishobokako batababwira kuba nyampinga uko bagomba kwitwara.birababaje pe

nyombayire yanditse ku itariki ya: 20-02-2013  →  Musubize

kuba miss mu rwanda bigiye kuba igitutsi koko! reba ubaye miss wese ahita atwara inda sinzi!!! miss ubundi ni urugero abandi bareberaho but abo murwanda sinzi birababaje!!!!!!!!! uwubu basi batangire bamwigishe gukoresha agakingirizo basi.

yanditse ku itariki ya: 20-02-2013  →  Musubize

eeh SIWE UBA WIGIZE IMBONI!......WITABA CYANE UGATUMWA KURE!

DAY-1 yanditse ku itariki ya: 20-02-2013  →  Musubize

Muransetsa murabura gushyigikira umwana mumwubakira urugo ahubwo muririrwa mwandika ubusa , Nonese gutwara inda bibaye ikibazo gute noneho iyo ashaka umugabo bakaba ingumba mwaribuvuge iki , navuga ngo nasubireyo ntamahwa ariko azibuke kuringaniza urubyaro hanz’aha ntibyoroshye ubuzima buragoye doreko agifite urugendo rwo kuzakomeza ikivi cyo kwiga amashuri , murakoze

Kimanuka yanditse ku itariki ya: 19-02-2013  →  Musubize

NONE SE MISS ATANIYEHE N,ABANDI NTAGITANGAJE.

ESP yanditse ku itariki ya: 19-02-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.