Ntibikunze kugaragara cyane aho nyampinga atwara inda kandi ntamugabo afite ariko iyo bimubayeho abantu baratangara bakumva ko ari ishyano ryaguye kuko bazi ko ariwe abali bose bafataho urugero.
Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
Ntibikunze kugaragara cyane aho nyampinga atwara inda kandi ntamugabo afite ariko iyo bimubayeho abantu baratangara bakumva ko ari ishyano ryaguye kuko bazi ko ariwe abali bose bafataho urugero.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Rusizi: Umusore birakekwa ko yiyahuye kubera ko umukobwa yamubenze
Perezida Kagame yakiriye inararibonye mu bya Siyansi
U Bushinwa: Umugore afunze azira gushimuta umwana ashaka kumugira umukazana
Menya amateka y’Urutare rwa Ndaba
abakobwa bekujya bumva ko kwifata ari ikintu kigoye ahubwo nyiri ukwinanirwa niwe ugoye izo mindset zigomba kuva mu mitwe yabari kuko ubundi igitsina ntabwo aricyo gukoreshwa uko wiboneye nagato burya nta ubukwe bwajyaga kubaho kuko bubabwakozwe mbere yigihe reka tujye twubahisha Imana turinda nimibiri yacu kandi ufashwe nayo ntabwo imurekura kandi niba ikurinda ukaba ugeze uyumunsi hariya nagace gatoya cyane ngaho rero yiyambaze ibyo cyakoze mbibwiye abizera Imana abatayizera bajye bamenyako nabo ari aba gaciro erega agaciro batubwira nako karimo umuhungu rero ntakakoshye maze ngusigare ugoka wenyine we yikomereze imirimo ye nawe udashobora no kwikarabya nikibazo hejuru yumunsi umwe ugatakaza amahirwe forever nahacu
Nyampinga njye mbona ariwe ufite akaga ko gutwara inda ahubwo noneho abayitwara batatoranijwe no mu mudugudu ba baye ba Nyampinga zaba zihekanye rero ntitugasekane buri muntu numunsi we cyane cyane nka bakobwa guseka mugenzi wawe ni mistake kuko ibishuko byamubayeho nawe niba utarahuye nabyo biri imbere yawe kandi guseka nukuguzanya have rero utazakinwa kumubyimba
muzi gushushanya pe ndabemeye pe
kuba miss nugutwara inda ntacyo bitwaye kuko nawe yambaye umubiri nkabandi bityo rero mugabanye amagambo njye ndumva nta gikuba cyacitse naho ibyako gakingirizo na contraception nta muntu wiga universite uba utabizi ahubwo ni accident nkizindi zose.Ahubwo ubwo abandi bazaba ba miss ubutaha babonye isomo peeeee .
Ntabwo ari ukwitaba cyane ugatumwa kure.Ahubwo ni logique simple. Kera hariho umuco utari mwiza wo kuroha abakobwa batwite badafite abagabo. Umunsi umwe bagiye kuroha umukobwa baramubwira ngo navuge ijambo rye rya nyuma maze araturura ati" Jyeweho ndagiye ariko ako nsize mu kanwa kayo kazazana n’undi."
uwo nyampinga yakoze icyaha nkabandi bose nta gitangaje kirimo kuko gukora icyaha kuri mumuntu, ahubwo akwiye kwegerwa agahumurizwa maze akanabwirwa kwihana icyo yakoze, ubundi agashishikarizwa no gukomeza amashuri ye kugira ngo azabashe kurera icyo kibondo. naho kuba nyampinga ntibikuraho kamere y’icyaha iri mumuntu
Gutwara inda utarashaka si byiza ariko jye numva nta muntu yishe kuburyo abantu babigira inkuru ihambaye.
Ikindi mbona ni uko,ababyeyi bakwiriye guhinduka bakigisha abana babo gukoresha agakiringizo,aho kubabwira gusa ngo ni icyaha kandi ntawe uyobewe ko urubyiruko rw’ubu aribyo rwiberamo.Mu bihugu byateye imbere nta mubyeyi ubuza umwana we kuryamana n’uwo akunze,icyo bakora ni ukubafasha kudatwara amada no kwandura MST,babakangurira gukoresha agakiringizo no kunywa bya binini bya contraception,kandi birakunda kuko urebye ubu nibo bafite ikibazo cyo kugabanuka k’urubyaro.naho iwacu abana baryamana bari kuri stress y’uko babafata!!!ugasanga bibagiwe no gukoresha agakingirizo,ibibazo bigakomera kuruta iyo baza kubikora nta stress!!!
ubundi nyampinga arinda ikambarye iyo ataririnze aba asebye pe.bishobokako batababwira kuba nyampinga uko bagomba kwitwara.birababaje pe
kuba miss mu rwanda bigiye kuba igitutsi koko! reba ubaye miss wese ahita atwara inda sinzi!!! miss ubundi ni urugero abandi bareberaho but abo murwanda sinzi birababaje!!!!!!!!! uwubu basi batangire bamwigishe gukoresha agakingirizo basi.
eeh SIWE UBA WIGIZE IMBONI!......WITABA CYANE UGATUMWA KURE!
Muransetsa murabura gushyigikira umwana mumwubakira urugo ahubwo muririrwa mwandika ubusa , Nonese gutwara inda bibaye ikibazo gute noneho iyo ashaka umugabo bakaba ingumba mwaribuvuge iki , navuga ngo nasubireyo ntamahwa ariko azibuke kuringaniza urubyaro hanz’aha ntibyoroshye ubuzima buragoye doreko agifite urugendo rwo kuzakomeza ikivi cyo kwiga amashuri , murakoze
NONE SE MISS ATANIYEHE N,ABANDI NTAGITANGAJE.