Uze kunywa ka fanta!

Amafaranga bamwe mu bakiriya batanga akunze kwitwa pour boire akenshi usanga adindiza byinshi, harimo no kwakira neza abakiriya kuko usanga abayatanga aribo bitabwaho kurusha abandi.

Ibitekerezo   ( 3 )

Ibi nagira nti tugerageze kubyumva uko biri, aya mafaranga atangwa nyuma y uko umuntu ahawe service, ntago ari ruswa habe na gato, ni ugushimira umukozi kuko wahawe services nziza,ikibazo kiracyari mu myumvire y uwayihawe niba abangamira abandi ba client ntakore akazi ke neza, naho ubundi mu bihugu byateye imbere iba ari itegeko abakozi bakora mu tubari cg resto bahembwa umushahara fatizo kongeraho pourboire(tip) iba ingana na 15% ya facture wishyura hari aho bayizana iri muri facture cg se wowe ukamugenera bitewe n uko wafashwe. iyo rero ntago ari ruswa ni agahimbazamusyi mu yandi magambo. ikibazo rero twakirebera mu rundi tuhande rwa wa muntu uyihabwa (tip) ntarebe abandi ba client neza.

Jau yanditse ku itariki ya: 11-10-2012  →  Musubize

Janviere ibyo uvuga ndemeranya nawe. Barabinkoze benibyo nzagusanga aruko ngyewe ntigirira amafranga yokubaha buricyumweru nka tipu. Abakozi bazi ubaha rero iyoyinjiye basa nkabamurwanira ariko bakabikora mubwengye abakiriya bandi bakahagwa. Sinzi ukuntu byacika nibanabyo ari ruswa cg customer care ababishinzwe badusobanurire.

toni yanditse ku itariki ya: 24-09-2012  →  Musubize

muri salon decoiffure twebwe abadamu twaragowe kuko iyo batangiye kugusokoza ujya kubona undi mudamu araje umucoiffeur ati ba uhagurutse gato mbanze nyurizemo uyu mumama ntabwo bitinda ubwo akaba arakuretse,yajya gutaha ukabona amupfunditse akanoti muntoki!iyo nayo ni ruswa ntiyarikwiye rwose.

jamviere yanditse ku itariki ya: 12-09-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.