Kubera imyidagaduro y’ikimansuro abagore barahangayitse cyane kubera ko abagabo benshi batagitaha kare ndetse n’ihaho bageneraga ingo zabo ryaragabanutse.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Kubera imyidagaduro y’ikimansuro abagore barahangayitse cyane kubera ko abagabo benshi batagitaha kare ndetse n’ihaho bageneraga ingo zabo ryaragabanutse.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yifatanyije na za Minisiteri mu #Kwibuka30
Nyabihu: Igiti cyagwiriye imodoka itwara abagenzi
Kamonyi: Imodoka yari itwaye umurwayi yaheze mu mugezi
Twifatanyije namwe - Umuyobozi wa World Vision Rwanda mu #Kwibuka30 i Nyamata
nta mugore nta mugabo.
ntimukarebe kuruhande rumwe, ese abo bagabo baba baterefonnye abandi bagabo. nta mugabo nta mugore b’iki gihe bose ni bamwe.
Ikimasuro ibyinwagute?
yeah ibyo bagusobanuriye ku ikimansuro nibyo, icyo nakongeraho ni uko ari imbyino ikomoka mu gihugu cya Uganda, akenshi muri turiya tubyiniro ibyinwa n’abagande.
wowe udasobanukiwe ikimansoro,ni imibyinire idasanzwe ikunda kugaragara mutubyiniro aho usanga abayibyina baba bambaye imyambarire idasanzwe ibagaragaza uko bateye.iyo mibyinire akenshi bakunze kuyita karaoke.
ikimansuro ni ibiki njye munsobanurire!ni uruhe rurimi?