Bamwe mu abakora umwuga w’ubudozi bahemukira abakiriya babo mu igihe baba bahawe ibiraka. Usanga hashize igihe kinini atarayidoda ariko amubwira ngo azagaruke ejo. Akenshi usanga biterwa nuko bakira ibiraka byinshi badafitiye umwanya.
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Hari uwo nahaye igitenge cyanjye cacaoutte yari yaranyihereye arakica sha numvise namumerera nabi.abadozi weeeeeee mwagiye mukora ibyo mushoboye.
mu bafundi bose, ijye wizere umucoiffeur, nawe impamvu nuko umuha umuntu akakogosha ugahaguruka utwaye umutwe wawe!!!
Abatayeri di! Ariko si bose
,
abafundi abatayeri wagirango uwababyaye numwe!nge abo narabasezereye kuko nasanze ari itekamutwe
urazi kugura igitambaro kinguhenze, umudozi akagipfunyika. Bage bemera ibyo bashoboye haba mu buhanga ndetse n’igihe bafite. Ubu nasinye kuzongera kudodesha kubera gutinda kwabo ndetse no kwangiza igitambaro kwabo. Iyo mfite gahunda njya muri prêt à porter nkabera inkwira ubundi bigacamo. bityo gusiragira kubabozi n’amatelefone bigasugira.