Iyo ndirimbo ndayirambiwe

Bamwe mu abakora umwuga w’ubudozi bahemukira abakiriya babo mu igihe baba bahawe ibiraka. Usanga hashize igihe kinini atarayidoda ariko amubwira ngo azagaruke ejo. Akenshi usanga biterwa nuko bakira ibiraka byinshi badafitiye umwanya.

Ibitekerezo   ( 5 )

Hari uwo nahaye igitenge cyanjye cacaoutte yari yaranyihereye arakica sha numvise namumerera nabi.abadozi weeeeeee mwagiye mukora ibyo mushoboye.

yanditse ku itariki ya: 8-11-2012  →  Musubize

mu bafundi bose, ijye wizere umucoiffeur, nawe impamvu nuko umuha umuntu akakogosha ugahaguruka utwaye umutwe wawe!!!

Ngumbayingwe yanditse ku itariki ya: 31-10-2012  →  Musubize

Abatayeri di! Ariko si bose
,

Root yanditse ku itariki ya: 26-10-2012  →  Musubize

abafundi abatayeri wagirango uwababyaye numwe!nge abo narabasezereye kuko nasanze ari itekamutwe

kirezi yanditse ku itariki ya: 26-10-2012  →  Musubize

urazi kugura igitambaro kinguhenze, umudozi akagipfunyika. Bage bemera ibyo bashoboye haba mu buhanga ndetse n’igihe bafite. Ubu nasinye kuzongera kudodesha kubera gutinda kwabo ndetse no kwangiza igitambaro kwabo. Iyo mfite gahunda njya muri prêt à porter nkabera inkwira ubundi bigacamo. bityo gusiragira kubabozi n’amatelefone bigasugira.

rbiggajsu325 yanditse ku itariki ya: 25-10-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.