Ingo z’iki gihe!

Abantu benshi bibaza igituma bamwe mu abashakanye muri iyi minsi bari kwaka ubutane nyuma y’igihe gito barushinze.

Ibitekerezo   ( 3 )

Erega gutandukana ntibyabura k’urugo rwose rutubatse kumana.Iyo uwiteka atubatse abu baka baba barushwa n’ubusa.nimushyire ingo zanyu mu mana nibwo ziza komera.
nahubundi!!!!!!!!!!!!

mujyanama yanditse ku itariki ya: 4-12-2012  →  Musubize

sicyo kibazo shitani yarateye naho kwigana byo nubwo wamwiga imyaka 1000 ushobora kutamumenya yashatse kukwihisha

thierry yanditse ku itariki ya: 3-12-2012  →  Musubize

Abenshi nuko ibiba byarabajyanye basanga bidahari bitewe no kutabwizanya ukuri cyangwa kumenyana birambuye mbere yuko babana. nguko!

Si yanditse ku itariki ya: 1-12-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.