Gutereta umurokore

Bamwe mu basore bavuga ko kuganiriza umukobwa w’umurokore ibyerekeye urukundo bibagora cyane.

Ibitekerezo   ( 12 )

Nibigoryiabakobwabubu

alias yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

abakobwa bubu ninkunguzi ntibateretwa ahubwo basigaye aribo biteretera

alias yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Kigalitoday mufite udukoryo kabisa!

Kaka yanditse ku itariki ya: 7-03-2013  →  Musubize

abarokore bariho pee ahubwo ababyiyitirira babivemo kuko hari ingororano kubakiranutsi

yanditse ku itariki ya: 27-02-2013  →  Musubize

Ariko ijambo umurokore risobanura iki? ryaturutse he?

yanditse ku itariki ya: 26-02-2013  →  Musubize

umurokore abaho

jeanbosco yanditse ku itariki ya: 22-02-2013  →  Musubize

KUKI MUVUGA ABACHRISTO CYANE?BO NTIBAREMWE NKABANDI,KANDI IBYO BINTU BIRAKENERWA NO MUKUBAHO KUMUNTU,KANDI NTA ARBITRE UBA HAGATI YABABIRI BAKUNDANYE,NABO RERO BAREBIKORA,IKIBI NI NGESO KANDI BIKORWA MWIBANGA OK?

RUNGUNYA yanditse ku itariki ya: 22-02-2013  →  Musubize

abakobwa bagora cyane gutereta ni Abayehova, arakubwiriza gusa, ariko ntiyemera ko muba inshuti utari Umuyehova nkawe kuko ntiyemera no kukuvugisha, n’Umuhungu w’Umuyehova yibeshye akamubwira ibyo guteretana atari ukugirango bazabane aramurega bakamuca mu itorero. kandi Umuyehova wese iyo abonye Umuyehova ateretwa n’utari Umuyehova cg Umuhungu w’Umuyehova atereta umukobwa utari Umuyehova aramurega nawe bakamuca mu itorero! Nta mikino bagira!

ngaho yanditse ku itariki ya: 16-02-2013  →  Musubize

Karaha we,reka kubeshya, reka no gusebanya!!Urihandagaje ngo Nta murokore ukibaho! Wabyanga wabyemera,Haracyariho uduhumbi ducye tutarapfukamira Baali kuko nta Bapfira gushira!! Ubwo abo uvuga warongoreye mu malodges ya fake cyane si abarokore, ni abapagane nkawe bahungiye mu rusengero!! Abo ntaho mutaniye!! Uburokore si idini, ni imyitwarire!! Ubwo rero abo bawe bitwara nkawe, si abarokore, ariko hari abandi Imana yizigamiye, abo rero niyo wateka ibuye rigatota, nta n’inyinya bakwereka!!

mukristo yanditse ku itariki ya: 14-02-2013  →  Musubize

Nta murokore ukibaho! Usanga abo biyita abarokore ari bo barangiye kera! Imyobo yarabaye nk’iyinyaga! Abenshi barangijwe nababigisha indirimbo muri izo za chorale nabapasiteri! Ibintu ni danger bene data! Byenda ntibajya mu tubyiniro kubera isura itabibemerera ariko tubarongorera mu malodges ya fake cyane!!

karaha yanditse ku itariki ya: 13-02-2013  →  Musubize

Mwebwe se mwakijijwe mukajya mwatereta? Usanga ibihungu by’ibipagani bimara gusambanya abakobwa bose bari hanze aha, biti noneho reka tujye no mu barokore wenda ho umuntu yabonamo umuzima!

Jacky yanditse ku itariki ya: 12-02-2013  →  Musubize

gusoma inkuru

martin yanditse ku itariki ya: 11-02-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.