Cartoon: MURI KAKABARI HAHIYE

Twirinde imvugo igezweho mu urubyiruko ivuga ngo AHANTU HAHIYE mu gihe tugiye kuvuga ko hari ikirori gikomeye.

Ibitekerezo   ( 2 )

NITWA KEVIN NKABA NKUNDA IBITENTE CYANE

yanditse ku itariki ya: 22-12-2012  →  Musubize

njye mfite abahungu murugo iwanjye ariko kugirango nzajye kumva ibyo bavuga mba nabize icyuya.none uyu nawe ahantu hari gushya undi nawe ngo ndaje!!ibaze!!!abakobwa bazabarimbura.

dancille yanditse ku itariki ya: 16-08-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.