Asomusiyo : Mariya yagiye mu ijuru

Ibitekerezo   ( 8 )

Kuba musoma ntimusobanukirwe, ntibibaha uburyo bwo kwemeza ko bitanditswe cg ntimunasoma!Yezu ati" Mubyeyi, ari njye ari nawe tubigenze dute?....Nyina arababwira ati" icyo ababwira chose mugikore. Soma kandi uzirikana Yohani chap.2.Soma nanone intangiriro y’isezerano rishya n’umwanya Mariya arifitemo Luna chap 1na 2. Soma uzirikana ibyo Yezu avugira Ku musaraba abwira Mariya na Yohani.Imva z’abantu benshi nka Abraham,Isaac, Herodi...zaboneka, waba Uzi ago yaguye cg yashyinguwe?

Alias yanditse ku itariki ya: 6-10-2016  →  Musubize

None se wowe uvuga ngo ntiyagiye mu ijuru, ko Yezu yajyanye Elie... badapfuye yari kubura kujyana umubyeyi we koko ? jya ushyira muri logique. Urugero ruto rukwereka ukuri : Ese wabonye imvura y’umugisha yaguye ku munsi wa Bikiramariya ? Uzacunge no ku yindi minsi yose uzajya uyibona. Mwarahombye mwebwe mutamwemera nk’umubyeyi n’umuvugizi, ariko kuko umubyeyi akunda abana be naho baba ibigoryi mwese arabasabira.

umusomyi sarah yanditse ku itariki ya: 21-09-2016  →  Musubize

Abahimba ibinyoma bose bazabibazwa ku munsi w’urubanza. ntaho wasanga muri Bibiliya Yera cg ntagatifu bavuga ko Mariya yagiye mu ijuru, yarapfuye ategereje umuzuko kimwe nk’abandi bose.

aka Magunzu yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

Abahimba ibinyoma bose bazabibazwa ku munsi w’urubanza. ntaho wasanga muri Bibiliya Yera cg ntagatifu bavuga ko Mariya yagiye mu ijuru, yarapfuye ategereje umuzuko kimwe nk’abandi bose.

aka Magunzu yanditse ku itariki ya: 8-09-2016  →  Musubize

Mariya umubye wacu yatashye mu ijuru ijabiro niho aganje tumwiyambaze adusabire

Jacky yanditse ku itariki ya: 28-08-2016  →  Musubize

Ko ahora ajya mu ijuru aba yaje ryari?

nzabandora yanditse ku itariki ya: 17-08-2016  →  Musubize

ikinyoma.com ibi nihimbano ntaho byansitse mureke kuyobya a anti Yesu niwe wenyine wagoye mwi juru nimuzima azagaruka naho Mariya ntampamvu yokujya mwijuru mbere yabandi arategereje kimwe nabandi bizeye

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 17-08-2016  →  Musubize

ntabyo bible ivuga ubwo ni dogme za catholic

deni yanditse ku itariki ya: 16-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.