Yezu yatsinze urupfu...Aleluya!

Ibitekerezo   ( 4 )

yesu yastinzu urupfu

Kelvin yanditse ku itariki ya: 20-05-2017  →  Musubize

Wowe witwa GASOMINARI,impamvu uvuga ibi nuko aho usengera bakwigishije ko YESU ari imana ishobora byose.Nubwo YESU yitwa imana,ubwe yivugiye ko SE,his father,amuruta (Yohana 14:28).Ntabwo YESU ari imana yigize umuntu nkuko amadini menshi abyigisha.Abigishwa ba YESU,bigishaga ko YESU ari UMUGARAGU w’imana (Ibyakozwe 3:13).Muli Abakolosayi 1:15,Bible ivuga ko YESU ari "imfura mu byaremwe" (the first born of all creations).Byerekana ko YESU ari IKIREMWA cya mbere cy’imana.
SE,his father,amaze kumurema,yamuremesheje ibindi bintu bisigaye.Byisomere muli Abaheburayo 1:1,2.Mujye mubanza mwige Bible neza,mbere yo kuvuga ibintu bidahuye na Bible.Imana yacu yitwa Yehova,ntabwo ireshya na YESU.Niyo yazuye YESU nkuko tubisoma muli Ibyakozwe 2:32.Imana ntishobora gupfa,ariko YESU yarapfuye nkuko tubisoma ahantu henshi muli Bible.Niba wowe utemera ko YESU yapfuye,ntabwo uri umukristu.Ubwo ufite Bible yawe.

MUNYEMANA Epa yanditse ku itariki ya: 19-04-2017  →  Musubize

mbere ya byose Jambo yariho,Jambo akaba Imana kandi Jambo Akabana n’Imana!niwe wahaye byose kubaho!....nuko Jambo yigira umuntu,abana natwe!Yohana 1!

mubefeso ntabwo handitsemo ko ari premier cree:handitsemo ngo Premier Ne! ne biva kuri naitre et non pas creer!abayahundi nicyo bamushinjaga ngo yiyita Imana!

muri make Yezu ni Imana yigize umuntu,kandi Yezu Yatsinze urupfu

emmy yanditse ku itariki ya: 28-04-2017  →  Musubize

barababeshya mukabyemera. yatsinze urupufu gute kandi yarapfuye.
ngo yarazutse? murasetsa; ariko kuki mugabanya imbaraga z’Imana? kugirango ibabarire abantu bisaba ko ibanza kuba kwitesha agaciro? nononon=.
ubwo koko waba uri iMNAA ugenga ibiri hasi no hejuru, ariwowe wabiremye, uzi microbe iri m’umuntu no m’urushishi; ukihindura umuntu koko? umuntu usonza, urira, urwara, ubabara utagenda ku si ngo itebere?

GASOMINARI yanditse ku itariki ya: 18-04-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.