Ubu Polisi ikwandikiye, ushobora guhita wishyura ukoresheje telefoni yawe

Ibitekerezo   ( 1 )

Ruswa yaracitse Rwose muri Police, cyangwa irimo cucika ku buryo bugaragara, turabizi Polisi yarayihagurukiye,Ntihashobora gushira n’icyumweru Polisi itagaragaje abantu yafashe bagerageza guha Abapolisin ruswa mu mirimo yabo bakora buri munsi. abantu rero nabagira inama yo kuva ku ka Cyera bakareka gutanga cyangwa Kwakira Ruswa!turashima kandi uburyo bw’ikoranabuhanga Polisi yashyizeho byo kwishyura Conterivansiyo ako kanya, aho umupolisi atagira aho ahurira n’amafaranga. Ibyo nabyo bizatuma ruswa yo mu muhanda icika burundu.

Ahishakiye yanditse ku itariki ya: 26-02-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.