Iyo biba kuvukira mu Rwanda, Yezu aba yaravukiye he?

Ibitekerezo   ( 6 )

Ndashima Imana ko IKIGIRA ICYO KIMARIRA MWENE MUNTU ARI UKWEMERERA YESU AKAVUKIRA MU MUTIMA WE.TUMWEMERE NK’UMWAMI N’UMUKIZA BIRANADUFASHA KUDAKURURA TWISHIRA,YARI KUVUKIRA AHO IMANA YASHIMYE KO AVUKIRA ARIKO ABAMWEMEYE BOSE BAKIZERA IZINA RYE BAGAKIZWA.

ukuri yanditse ku itariki ya: 9-01-2017  →  Musubize

Aba yaravukiye bralirwa kumazi kuko haba na vino yasangiraga n’abigishwa be

dieme yanditse ku itariki ya: 31-12-2016  →  Musubize

Yari kuvukira mu Bigogwe cg mu Mutara, Kuko niho haba Inka nabashumba kandi nibo bagira ubuntu no guca bugufi.

KING yanditse ku itariki ya: 28-12-2016  →  Musubize

njye mbona yarikuvukira I wacu nyamasheke,hafi n’amahumbezi y’ikiyaga cya kivu kuko yakundaga nogutembera kumazi doreko arko yabwiriye petero ko azajya aroba abantu.
happy new year to u all rwandans!

florien yanditse ku itariki ya: 27-12-2016  →  Musubize

Yari Kuvukira Mu Bugarama Dore Ko Hashyuha Akaba Nawe Yarakundaga Ubushyuhe Ahora Yifubitse(yambaye Amakanzu N’imyitero)

Remy Nakure yanditse ku itariki ya: 27-12-2016  →  Musubize

YAJYAGA,KUVUKIRA,KUMUSOZI,WA MONT,JALI AHOYARIKUBA,YITE GEYE,UMURWA.DOREKOYAKUNDAGA,KUZAMUKIMISOZI.NITWA KING NGANGO

KING.NGANGO yanditse ku itariki ya: 26-12-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.