Abamotari b’ingeso

Ibitekerezo   ( 7 )

ututuntu ninez kbx padiri , motari mbes nutunt dusekej

judge reign yanditse ku itariki ya: 5-12-2016  →  Musubize

sibyizape.abamotariturabiyamye.

claude nizeyimana yanditse ku itariki ya: 2-11-2016  →  Musubize

aha niho nagarukiye:
icyo nshaka kuvuga ni: igitsina gore cyagiraga isoni nubwo muri kamere gikunda kandi cyifuza ko igitsina gabo cyicyiba hafi burigihe ariko byagiraga uko bikorwa( umugoere cy.umukobwa akimunyamunya, agahishahisha,ntumbonere ibere, ntunkoreho,muntege hanjye batazahabona ibintu nk’ibyo ariko ubu yeweee
*igitsina gabo: mubiremwa byose gikunda igitsina gore muburyo bwose kandi kikigirira impuhwe, umugabo iyo aganiriza umugore aba yishimye, amukoraho cy bakoranaho bombi niyo baba bataziranye urugwiro ruraza hagati yabo bombi navuga ko iyo ari kamere)
uko bihagaze rero ubu : uruhande rumwe bararukurura rukazana n’imizi nimiganda, umunu akaza akakwambarira ubusa ubusaaa pee! amabere-utubere cg. ibibere hanze, umukondo - uruda cg. akada huzuye ibirirbori kubera imbyaro nyinshi hanze,ibibuno cg. utubuno hanze.n’ibindi nibindi...
nibyo koko ni iterambere ariko ntibivuze kwica umuco, kwigira umujura witwaje igitsina cyawe oya
umugabo cy.umumotari cy.umushoferi niwitwara nabi wowe mugore cg. mukobwa akagusagarira muburyo buganisha kwirari ryigitsina utiriwe igira icyo uvuga ujye umenya ko witesheje agaciro kandi ugatesheje n’igihugu, niba koko wiyizi ko uri mwiza buriya nabandi barabibona singombwa ko hari uko wigira kundi go birusheho kugaragara.

alias yanditse ku itariki ya: 6-10-2016  →  Musubize

ariko uretse n’abakora umwuga w’ubumotari bamwe bananiranyeee, n’abadamucyangwa abakobwa bariho muri iki gihe nabo ntiboroshye pe!! wowe se nawe umuntu ntiyita kungano ye, inso ye, imitwarire ye yewee imyambarire yo sinagira icyo mvuga akumiro.

alias yanditse ku itariki ya: 6-10-2016  →  Musubize

mubyo bashyiramo imbaraga bazibuke no gusana imihanda y’amabuye iri mu mujyi wa Kamembe yasenyutse kimwe no kongera gucana amatara ari ku muhanda w’amabuye wa Cyapa-Gihundwe ADEPR kuko igice kinini cyayo kimaze igihe kitaka

Oscar yanditse ku itariki ya: 14-09-2016  →  Musubize

nikobabaye ariko sibose harimo nabadakora ibyo.

burindwi yanditse ku itariki ya: 14-09-2016  →  Musubize

Mwiriwe uyu mumotar aradusebeje siko twese duteye

Jovin yanditse ku itariki ya: 14-09-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.