Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

Njendashyimira ubuyobozi,buriho. ubu,nintangarugero nabandibigireho paul.oye turagushigikiye

IRAHARI LAURANT yanditse ku itariki ya: 22-07-2014

muraho mbanje kubasuhuza ngewe ndi mugihugu cha yemeni mura asia nkurikirana amakuru buri musi yu rwanda mutugezaho mubyukuri aradushimisha aho urwanda rugeze murikigihe rwateye intamwe ishimishije turasaba imana ko yakomeza gutera inkunga kubayobozi baru yobora bakomerezah?

sheikh hamim habib habimana yanditse ku itariki ya: 21-07-2014

Nge navugaga kubitwa uduhimbaza mutsi kamwarimu ugasanga bavuga ko umunyeshuri atariha minerival ariko wabara ugasanga ninko kuriha ahaaa..

Rukundo yanditse ku itariki ya: 21-07-2014

KO MUVUGA NGO TWUBAKE UBVREZI BUFITE IREME KUKI MUTAMANUKA NGO MUGESE MUSI GS NKUNGU ESE ABO BASHINZWE UBUREZI ICYO BATUMARIYE NI IKI?MUGIHE UMUYOBOZI WAGIRANGO IKIGO NICYO YIYUBAKIYEAKAKORERAMO IBYO ASHATSE.UMWARIMU ABYUTSE ATIYUMVAMO UWOMUNSI NUKUMUHINDURIRA AMASOMO IBYE NABANA BAHIGA BIZWI NATWE TUHATURANIYE WIKENDI ABANA BABAKOBWA SUGUSIMBURANA MURI BIRO YE ESE INZU (NAKO ICYAPA)YUBATSE MUKABARAZI ISIMA ZAKORESHEJWE...!NIMUDUTABARIRE ABANA MWOGAHEKAMWE!

ELIAS TWUBAKE yanditse ku itariki ya: 19-07-2014

Kaduha/Nyamagabe,abanyeshuri biga mu mashuri ya 9&12YBE barishimira igikorwa cyo kubona ifunguro rya saa sita cyagezweho kuko bakomeza amasomo bumva bafite imbaraga.

Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 18-07-2014

Sibyiza kugaragaza Ibitagenda ibigenda Bihari Usaba ngo yongererwe nuko hari nabicye yahawe kirehe gahara nyagasenyi twabuze umuriro nabaharanira ko byagerwaho barikwirukanwa ntamperekeza nyumvira nigute? wakora IMYAKA 8 UKIRUKANWA Ntamperekeza

alias yanditse ku itariki ya: 17-07-2014

jye ndasaba pe ! kandi ni
Reta bwira yo ifite
inshingano mugukoresha
(abazungu) ubwomvuze ubwokobwose bwabazungu
nka leta yagakwiye kutwitaho natwe
nibura batubaze uko
abobazungu badufata ?niba dufite
ubwishingizo nimba dufite contract ?
nkatwe tugira impungenge
nti nimbimubwira ndavakukazi
kandi dufashwe nab’ibwaye ikaturusha agaciro yego nubwo
byababi kurikiranwa rwose ntibinoze
neza ngutungiye agatoki mukarere ka musanze
hamwe na radio

amani ndayambaje yanditse ku itariki ya: 14-07-2014

Ndagirango mutubarize uko tuzabona amazi?,ikindi ko turimo kuvugurura sacco dukorera amafaranga 150F kwijerekani yamazi jera akatubwirako ntamuntu azahemba adafunguje konte muri sacco ubwo umuntu azakorera 150f afunguze konte ya 5000f ntacyo afite murugo?aho ni mumurenge wa Nyamirama akarere Ka Kayonza murakoze.

Dezonga yanditse ku itariki ya: 14-07-2014

TURASHIMIRA ABASHINZWE UBUREZI MU MIRENGE YO MU KARERE KA NYABIHU KO BITA KU NSHINGANO ZABO,UKO BASHOBOYE ZO GUTEZA IMBERE IREME RY’UBUREZI MU BIGO BYO MU MIRENGE BASHINZWE NUBWO BIBAGORA KUBERA IMITERERE Y’AKARERE,AHANINI IGIZWE N’IMISOZI MIREMIRE

alias yanditse ku itariki ya: 10-07-2014

Nyaruguru, ibisambo gusa gusa, AGATSIKO kahanze akabari munzu za Leta, gakoreshwamo isuku abakozi bakora isuku mu karere n’ibikoresho.... Agatsiko katangiye kurya imyanya no gutegura abo kwirukana uko kiboneye ngo refom yaje!! Agatsiko karica kagakiza. ese iyo reform ntana mashuri azagenderwaho!!!

ALISA yanditse ku itariki ya: 9-07-2014

Ubusambo bwo burahari mu bayobozi ntibababeshyera!!! Reba akabari kagatsiko mu nyubako z’Akarere!! Kandi kagasukurwa nabasukura akarere, kakararirwa n’abararira akarere, gakoresha bimwe mubikoresho by’akarere. Ibyo byose simari ya Leta mu mifuko y’AGATSIKO? Noneho numviseko ako gatsiko ngo kamaze kwitegura reforme karya ibyarubanda ngo bazashyirwe mu myanya!!!! Nzaba mbarirwa, abagoka biga bararushwa nubusa nibikundwakaze kugatsiko kuko karaje kajye gakomeza kirukane uko kishakiye kugirango kirire imyanya!!! LETA YARAGIKEMUYE IHA UBUSHOBOZI4 KWICA NO GUKIZA MU KARERE. Nibirire kbsa.

Sebutoto yanditse ku itariki ya: 9-07-2014

Mukigocyamashuri Cya G S Ruheru. A. Cyo Mumurenge Wakanjongo Mukarere Ka Nyamasheke Abarimubaho Ntago Batang,amasomo Nkuko Biteganyijwe Nkubu Tumaze Ibyumweru .3.Ntakintutwiga Nyabuneka nimudutabarize Abashinzwe Uburezi

ALIAS yanditse ku itariki ya: 6-07-2014

Esekotwizihiza umunsiwokwibohora ews yoyatubohoye ikaduha umurirokoko ndavuga satreyubucuruziya munini mumurengewa rangiro mukarereka nyamasheke mutuvanemubwiguge nihohasigayicuraburindipe kdi dukunditerambere.

Nsengimana.emmanuel.98 yanditse ku itariki ya: 1-07-2014

Turifuza ko abafite ubumuga bose bokoroherezwe mu bijyanye no kwivuza. Kuko usanga umuntu ufite ubumuga yirirwa ahagaze kwa muganga kandi ubumuga afite butabimwemerera. Ikindi nuko INYUBAKO Z’IBIGO NDERABUZIMA ZITUBAHIRIZA GUSHYIRAHO UTUYIRA TW’ABANTU BAFITE UBUMUGA. TURASABA KO RERO IBYO BYAKORWA VUBA. KUBERA KO HARI AHO BATABASHA KUGERA NGO BAHABWE SERVICE ZIBAGENEWE.Urugero: Jye ntuye mu mugi wa kigali, Ariko nasuye ikigo nderabuzima cya MAYANGE ho mu BUGESERA. mbona inyubako zaho ntacyo zifasha abafite ubumuga. Nkiyo winjira aho bakirira abantu (kuri reception)hari za Escarien gusa bivuga ko umuntu ufite Igare atabona uko yinjira barinda kumuterura. Kimwe n’inyubako batangiramo ibizamini(Laboratoire)nayo niko iteye. Mudusabire icyo kibazo gikemuke kimwe nahandi hose biri. MURAKOZE

alias yanditse ku itariki ya: 1-07-2014

NI BYO NIBI CYEMURE

ISHMWE yanditse ku itariki ya: 30-06-2014

EWS NI NJYERA NJYEZE GUCYE MURA IBIBAZO BYABATU RAGE MURAKOZE YARI ISHIMWE

ISHE yanditse ku itariki ya: 30-06-2014

NIMUTUBARIZE EWS IMPAMVU BATANGA UMURIRO KURIBAMWE ABANDITUKAWUBURA’NKOKUGASATREKUBUCURUZIKA MUNINI MUMURENGEWA RANGIRO MUKAREREKANYAMASHEKE AHAGW INDEGE ABADEPITENIHOBIYAMAMARIZA BADUHAYUMURIROKOHAKORERWABYISHIBIKENERA UMURIRO EWSNITURWNEHOPE

Nsengimana.emmanuel yanditse ku itariki ya: 30-06-2014

Muraho Nshuti Zanjye. Nejejwe No Kubatangarizako Imana Igenderera Umuntu Umwuka Wayo Ukamwemeza Ububi Bwe Ikamurondora Ikamwereka Ubunyacyaha Bwe Ukuntu Bwabambishije Umwana W’imana Nyuma Yukwicuza Kudasubirwaho Ikamuha Amahoro Y’umutima. Ikamubabarira Ibyaha Byo Mugihe Cyashize, Ndumugabo W’ibyo.

Alias yanditse ku itariki ya: 30-06-2014

niba EWSA idashoboye gukemura ibibazo by’abaturage izegure kuko isigaye itanga servise zitabanogeye kandi amafranga ari ayabo

Pirate yanditse ku itariki ya: 25-06-2014

kwihangirimirimo mu rubyiruko bahora bavuga niki? hazagirumuyobozi uzaza atwereke umwana we wayihangiye?

nsengumukiza narcisse yanditse ku itariki ya: 24-06-2014

NDIMUKARERE KA RUHANGO UMURENGE RUHANGO AKAGALI KA BUHORO MWATUBARIZA EWAS IKABA YATUGEZAHO AMAZI KUKO UMURIROWO WATUGEZEHO KDI TURASHIMIRA PEREZIDA WACU KUKO YUMVA IBYIFUZO BYACU NIKI AKITUREBERE KUKO AMAZI AGARUKIRA KUNTENYO ,MURAKOZE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-06-2014

mutubarize REB imamvu itasohoye ibizamini byumwaka wabibiri na cumi nagatatu [2013] aho abana twese twigaga mukigo cyamashuri abanza cya nkondo I mutubarize impamvu batabisohoye murakoze

Gisubizo Dieudonne yanditse ku itariki ya: 22-06-2014