Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze
Mwaramutse neza! Mutwigeho nk,abantu twarangije amashuri 3 yisumbuyeu kandi njyewe kucyanjye giti nshaka gukora akazi k,umutekano kuko mbyiyumvamo cyane, midukorere ubuvugizi maze tubashe kubona ibyo twakora. Number ni: 8780700751.Mirakoze!
Murebere hamwe mwige kubantu nice amashuri 3 yisumbuyeu kuko abadafite amashuri 6 yisbuye ntabwo bacibwaho iteka.
Nkunda amakuru yo mu Rwanda cyane!!!
mwiriwe.neza.
dabakuda.
fite.amahi.rweyogukina.
fite.inyaka21.chaka.gucyina..bizaba.icyi?
niwomwuga.chaka?
mumbarize.
dinyagatare.murakoze.
Kujya kwivuza
SEZIBERA Damascene bamufashe arimo atumura urumogi mwisoko rya Birembo mu Murenpe wa Sovu_ Ngororero, le 26.02 .2021 16:00, Bahise bamusikiriza RIB ikorera mu Murenge wakavumu arigukurikiranwa ; intamenya y’ akamasa irigata ubugi bwintorezo.
INEC NUMUKOBWA Cg numugore ?
INEC N’ UMUKOBWA CYANGWA NUMUGORE
Uruhushya nshaka nukujya gukoresha imodoka
Urukingorw’acovid-19 ruzaboneka ryari?ko iri kubica bigacika.
Banyarwanda banyarwanda kazi twese turabiziko mumujyi wa’kigali ,gahunda ari guma murugo dukoreshe neza umuhanda twirinda covid-19 kandi tuve murugo tujyiye aho biri ngombwa twaherewe uruhushya murakoze.
Muraho neza gahunda ni ugukomeza kwirinda tunakangurira abandi gukomeza kwirinda twubahiriza amabwiriza yashyizweho na leta y’u Rwanda.
Mwiriweneza nitwa GATERA Jean damasceni mperereye BUGESERA NYAMATA
GATARE2 mberenambere ndashimira inzego zose zubutegetsi bwigihugu cyacu uburyo zitureberera ukuntu twakwirinda covid19 kuko niyo twabura umunya Rwanda1 tuba duhombye niyompamvu twinginga buriwese kuzirikana izingamba baduha kugirango duhashye icyicyorezo gihangayicyishije isi tunasabako abafite ububasha Kuma banks kobatuvuganira anantu batse inguzanyo bakatworohereza muburyo bwokwishyura kuko imikorere yarahindutse kubera ibibihe turimo murakoze IMANA ubahe umugisha
Kongera ibyumba byamshuri kuri G.S kabira
Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye
Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe
Kumenya amakuru agezweho
iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga