Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Muraho neza mukarere kanyanza umurejye wa ntyazo akagari kakagunga izuba ritumereye nabi inyaka yarunye twabuze imvura
muraho neza nukur turabakunda kdi dukunda amakur mugeza kubanyarwanda muherutse gukora inkuru kurupfu rwumwana wumusore witabye imana muri iki cyumweru mumurenge wa ndaro bitewe ninzoga babajije gitifu ati rekada ntazihar ahaa narumiwe pe kuko uretse nabaturage nabayobozi zizabahitana pe muzabaze neza uwitwa sedo wakagari ka kabageshi ntagifite izina rye bwite bamuhimbye kimemeti cg sanza amaboko niba reta ntacyo ikoze ngo ikumire kiriya kiyobya bwenge kizabamaraho abantu murakoze
Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye
Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye
Mwiriwe? nifuzaga akazi mfite A2 kumanota 57 kuri 60 Geography A Economics A history B entrepreneurship A General study S mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu ndabashimiye mugire akazi keza numunsi mwiza Kandi Imana ibane namwe nomero ni 0781605630
MURAKOZE KUTUGEZAHO AMAKURU MEZA.
TUBASHIMIYE AMAKURU MEZA MUDAHWEMA KUTUGEZAHO.
nitwahitimananuyemukarereka nyagatareumurengewarukomondabashimiyekubitekerezobyanyumutugezahombambakurikiye 5 kurigatanu.
Mubigogwe Muzadusure dufite ikibazo. ugera kumure ugiye gushaka indangamuntu wagerayo ugasanga inywaka iri murangamwimere itandukanye niyo ufite. nkubu navutse2003 ariko murangamwimerere ngona navutse 2009? urumva ni ikibazo gikomeyecyaneep. mudufashe mutuvuganire turababaye murakoze{}
TURABASHIMIE
Ngororero+kageyo+kageshi+ruganda
Ikindi twifuza ko harinkunga muduhaye yarya ica kuri simucard yumuntu.kandi dufite nikibazo cyuko bajogoye abaturage bagiye guha amafaranga ni nka kandi arabakire.gusa.bahora babakorera inama twabaza ba midugudu abayobozi .bakatubwira ngo ni MaCHINE yabajogoye i kigali.muzatubarize murakoze
Muraho,nshuti z`u Rwanda
abaturage bo murenge wa ka kageyo -kageshi-ruganda :baratwambuye rwiyemeza mirimo wakoresheje amatarasi mutuvuganire,ikindi badutereye imigano batubwira ko bazaduha amafaranga none nayo.kandi ibitaro bya kageyo nago bitanga (service) urahagera ukirirwa utegereje.banatubeshye ngo bazaduha miliyoni yinguzanyo twarayibuze ngo dukore umushinga nkatwe rubanda rugufi.murakoze muzage mutuvuganira
Ndashimira ubuyobozi bwiza bw’igihugu cyacu buyobowe na nyakubahwa perezida wa repubulika Paul KAGAME imana ijye imuha umugisha kukoarashoboye tumuri inyuma ntituzamutererana mu guteza imbere urwanda rwacu
murakoze
Invura yagiye muduhaye ibiti byohutera byaba byabonetse
Mwiriwe neza ni fabien wimurunda ndabasuhuza gusa ntakindi
Ndashak akazi kubu waitter cyangwa ubu customercare mfite A2 nkaba mfite number ariyo 0781148271
Ndumujyanamaw’ubuzima kukigonderabuzima cya nyange A mukarere ka ngororero umurenge wa ngororero mudufashije mwazadukorerara ubugenzuzi muri koperative dukoranenigihe yacu abayobozi barayihombeje kuburyo numugabane w’umunyamuryango utakiboneka nkiyo umuntu atakiri munshingano isanduka ibereyaho kandi umugabane waburi munyamuryango yagiye atanga ni 25000 kubanawe nabantu 124 ariko iyo tubajije abayobozibacu ntabisobanuro baduha mudukorere ubuvugizi
Mana turagusabye murikongo intambara ihagarare kandi wazarendo iri gushotora urwanda kuburyo bweruye burimuturege aryamire amajanja kandipe dukwiye kubamaso nkabanyarawa tugasengera kumugozi umwe
abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane
abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane
banyamakuru mumanuke mwumve ibiri kubera i nyagatare muburezi abarimu basubijwe akarere
Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.