Kamonyi: Abaturage barasabwa kugira ubufatanye no kuba hamwe mu gihe cyo kwibuka

Yanditswe ku itariki ya: 7-04-2013 - Saa: 17:14'
Ibitekerezo ( )

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatUtsi, wabereye ku Rwibutso rwa Kamonyi, ruherereye mu murenge wa Gacurabwenge, abatuye akarere ka Kamonyi basabwe ubufatanye no kuba hamwe mu gihe cyo kwibuka.

Nyanza: Abishyuzwa ibyo bononnye muri Jenoside bongeye gushyirwaho umugayo

Yanditswe ku itariki ya: 7-04-2013 - Saa: 16:42'
Ibitekerezo ( )

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi, umuryango urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside (IBUKA wongoye gushyira umugayo ku bishyuzwa imitungo bononnye muri Jenoside.

“Uzambara ibara rya move mu cyunamo ntazabihanirwa” - Minisitiri Mitali

Yanditswe ku itariki ya: 6-04-2013 - Saa: 16:44'
Ibitekerezo ( 1 )

Minisitiri w’Umuco na Siporo, Protais Mitali, aratangaza ko kugeza ubu umuntu uzambara ibara rya move nk’uko byari bisanwe atazabihanirwa n’amategeko kuko ngo nta kosa azaba akoze.

Kayonza: Abanyamahanga ntibitabira gahunda zo kwibuka uko bikwiye

Yanditswe ku itariki ya: 3-04-2013 - Saa: 16:20'
Ibitekerezo ( )

Abanyamahanga batuye mu Rwanda ngo baba badakunze kwitabira gahunda zo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 uko bikwiye; nk’uko byavugiwe mu nama ya nyuma itegura gahunda zo kwibuka Abazize Jenoside mu karere ka Kayonza.

Nyanza: Guverineri Munyantwali yaganiriye n’abanyamakuru ku birebana n’imyiteguro y’icyunamo

Yanditswe ku itariki ya: 3-04-2013 - Saa: 11:02'
Ibitekerezo ( )

Mu gihe u Rwanda rurimo kwitegura kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Guverineri w’intara y’amajyepfo yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru abasobanurira aho imyiteguro yo kubibuka igeze ndetse n’uko abayirokotse babayeho.

Kiziguro: Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 19 igeze kure

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2013 - Saa: 11:37'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Muhura mu karere ka Gatsibo buratangaza ko imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi igenda neza muri uwo murenge, bukaba busaba buri wese uwutuye kuzitabira ibikorwa byose byo kwibuka barushaho guharanira kwigira.

Gakenke: Imibiri hafi 900 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi izashyingurwa

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2013 - Saa: 10:34'
Ibitekerezo ( )

Tariki 08/04/2013, biteganyijwe ko imibiri 899 y’Abatutsi bazize Jenoside muri Mata 1994 izashyingurwa mu Rwibutso rwa Buranga, Akarere ka Gakenke.

Rusizi: Imibiri y’abazize Jenoside yigiye kwimurirwa mu rwibutso rw’icyitegererezo rwa Nyarushishi

Yanditswe ku itariki ya: 30-03-2013 - Saa: 08:41'
Ibitekerezo ( 1 )

Imibiri y’abazize Jenoside mu karere ka Rusizi ishyinguwe mu nzibutso zitameze neza cyane cyane urwa Nyakanyinya, Nyakarenzo na Isha izimurirwa mu rwibutso rw’icyitegererezo rurimo kubakwa i Nyarushishi.

Abanyarwanda baba muri Amerika bazibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe ku itariki ya: 29-03-2013 - Saa: 13:15'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baba muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, bazahurira ahitwa Silver Spring muri Leta ya Maryland, tariki 07/04/2013, mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi izaba yibukwa ku nshuro ya 19.

Pages ... | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | 14 | 15 | 16 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile