Abana n’urubyiruko bagomba kwigirira icyizere cyo kubaho imyaka ijana - Rucagu

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 11:39'
Ibitekerezo ( )

Umutahira w’intore ku rwego rw’igihugu, Rucagu Boniface, arakangurira urubyiruko n’abana bato kubaho bafite icyizere cyo kuzabaho nibura imyaka ijana inarenga nta wubahungabanije, ariko ngo bagomba kubigiramo uruhare.

Mu gihe cya Jenoside ibikoko byabaye byiza kurusha abantu - Nyirabahire

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 09:59'
Ibitekerezo ( )

Mu buhamya umubyeyi witwa Nyirabahire Venantie yatanze kuri uyu wa 4/5/2013, abwira abari bateraniye mu Rwunge rw’amashuri rwa Gatagara ruherereye mu mujyi wa Butare, yanavuze ko mu gihe cya Jenoside ibikoko byabaye byiza kurusha abantu.

Gusura urwibutso bitumye basobanukirwa n’amateka kandi bagafata ingamba zo guharanira kwigira

Yanditswe ku itariki ya: 5-05-2013 - Saa: 10:41'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi biga mu Ishuri rikuru Umutara Polytechnique n’ishuri ry’ubuforomo akorera mu karere ka Nyagatare, bibumbiye mu muryango AERG, hamwe na bagenzi babo batari uri uwo muryango na bamwe mu barezi babo, kuwa 04/05/2013 basuye inzibutso za Jenoside za Ntarama na Nyamata mu karere ka Bugesera.

Rubavu: Abanyamuryango ba FPR bafashije abacitse ku icumu rya Jenoside batishoboye

Yanditswe ku itariki ya: 4-05-2013 - Saa: 14:45'
Ibitekerezo ( )

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu kagali ka Mbugangari mu murenge wa Gisenyi bishimira ibikorwa bamaze kugezwaho n’uyu mu ryango ku buryo basanga bakwiye kunganira igihugu cyabo mu kwicyemurira ibibazo bafasha abatishoboye babari hafi.

Kamonyi: Nyarubaka hakenewe ikimenyetso cyo kwibukiraho aho abana b’abahungu biciwe

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 15:04'
Ibitekerezo ( )

Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abagore bari bamaze kwicirwa abagabo, bategetswe kunyura umuhanda wa Nyarubaka berekeza i Kabgayi, mu nzira bakorewe ibibi byinshi, birimo kwicirwa abana b’abahungu 150, bamwe muri bo bakabategeka kubihambira.

Mu rwibutso rwa Mibirizi hashyinguwe imibiri 520 y’abazize Jenoside

Yanditswe ku itariki ya: 1-05-2013 - Saa: 11:38'
Ibitekerezo ( )

Imibiri 520 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ishyinguye mu buryo budahwitse hafi y’ingo yashyinguwe mu rwibutso rwa Mubirizi ruri mu karere ka Rusizi tariki 30/04/2013. Urwibutso rwa Mibirizi rumaze gushyingurwamo imibiri y’inzirakarengane 7520.

Huye: I Kinazi haguye abatutsi barenga 40.400

Yanditswe ku itariki ya: 1-05-2013 - Saa: 10:53'
Ibitekerezo ( )

Mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Kinazi tariki 28 Mata, hagaragajwe ko Abatutsi baguye muri uyu Murenge mu gihe cya Jenoside barenga ibihumbi 40 na 400.

Bugesera: Urwibutso rw’abazize Jenoside rwa Ntarama n’urwa Nyamata zigiye gusanwa

Yanditswe ku itariki ya: 1-05-2013 - Saa: 10:38'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buratangaza bugiye gusana urwibutso rwa Ntarama n’urwa Nyamata zose ziri muri ako karere kugirango imibiri ihashyinguye idakomeza kwangirika.

Abakozi ba RURA basuye urwibutso rwa Jenocide rwa Rukumberi

Yanditswe ku itariki ya: 29-04-2013 - Saa: 15:22'
Ibitekerezo ( )

Abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) basuye urwibutso rwa Jenocide rwa Rukumberi ruri mu karere ka Ngoma banatanga inkunga y’amafaranga ibihumbi 300 yo kurusana.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile