Urwibutso rwa Jenoside rwa Kibungo rugiye kubakwa bijyanye n’igihe

Yanditswe ku itariki ya: 16-04-2013 - Saa: 15:08'
Ibitekerezo ( )

Urwibutso rwa Jenosiderwa Kibungo rugiye kubakwa bijyanye n’igihe mu rwego rwo guha icyubahiro abahashyinguwe bazize Jenosideno kubungabunga amateka ya Jenosidemu gihe kirekire.

Rutsiro: Umusozi wafashe izina rishya kubera imbaga y’Abatutsi yahiciwe

Yanditswe ku itariki ya: 16-04-2013 - Saa: 10:58'
Ibitekerezo ( )

Umusozi witwaga Gitwa wo mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro wafashe izina rishya witwa Nyamagumba guhera tariki 15/04/1994 kubera Abatutsi ibihumbi 13 biciwe kuri uwo musozi no mu nkengero zawo mu gihe cya Jenoside.

U Rwanda ni cyo gihugu cyabashije komora ibikomere nyuma y’amateka mabi nk’aya Jenoside- Senateri Kalimba

Yanditswe ku itariki ya: 16-04-2013 - Saa: 09:10'
Ibitekerezo ( 1 )

Senateri Kalimba Zephyrin atangaza ko u Rwanda ari cyo gihugu cyonyine cyabashije komora abaturage bacyo ibikomere by’umutima nyuma y’amateka mabi nka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Abanyarwanda baba muri Korea y’Amajyepfo bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 16:20'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda babarizwa muri Korea y’Amajyepfo bafatanyije na Ambassade y’u Rwanda muri Koreya y’amajyepfo bibutse Jenoside yakorwe Abatutsi. Iyi mihango yabereye mu mujyi wa Seoul ari nawo murwa mukuru w’icyo gihugu taliki 13/04/2013.

Ngoma: Imibiri y’Abatutsi 5142 bazize Jenocide yashyinguwe mu cyubahiro

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 13:58'
Ibitekerezo ( )

Ubwo hasozwaga icyumweru cy’icyunamo cya Jenocide, imibili 5142 yakuwe mu nzibutso zitari zimeze neza mu mirenge ya Mugesera,Zaza,Karembo na Gashanda yashyinguwe mu cyubahiro mu rwibutso rwa Zaza.

Bamubambye saa cyenda hagati y’abagore babiri kugira ngo bigane uko Yesu yabambwe

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 11:20'
Ibitekerezo ( 7 )

Urupfu rwa Thomas Nzamwita wari utuye mu cyahoze ari segiteri Buhinga, komini Mabanza ku Kibuye ni kimwe mu bigaragaza ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yakoranywe ubugome bw’indengakamere kuko bamwishe babanje kumubamba hagati y’abagore babiri.

Nyabihu: Hashyinguwe imibiri 35 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 10:29'
Ibitekerezo ( )

Mu rwibutso rw’akarere ka Nyabihu hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 35 yakuwe mu murenge wa Jenda, Mukamira na Muringa, isanga imibiri 2020 yari isanzwe ishinguwe muri urwo rwibutso.

Nyabihu: Abo barokoye muri Jenoside barabifuriza kuzajya mu ijuru

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 09:26'
Ibitekerezo ( )

Sinangumuryango Moise na Ndagijimana Jean Bosco bamwe mu baturage b’akarere ka Nyabihu bagize ubutwari n’umutima wa kimuntu wo gufasha Abatutsi mu gihe cya Jenoside, ubu abo bafashije baracyariho kandi barabifuriza ngo Imana izababahembere.

Depite Umuraza Landrada yagaye abagore bateshutse ku bubyeyi mu gihe cya Jenoside

Yanditswe ku itariki ya: 14-04-2013 - Saa: 10:09'
Ibitekerezo ( )

Intumwa ya rubanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umuraza Landrada, yagaye cyane abagore bateshutse ku bubyeyi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ariko ashima n’uruhare abagore bakomeje kugira mu kubaka u Rwanda.

Pages ... | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile