Yanditswe ku itariki ya: 14-04-2013 - Saa: 10:09'
Ibitekerezo
(
)
Intumwa ya rubanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umuraza Landrada, yagaye cyane abagore bateshutse ku bubyeyi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ariko ashima n’uruhare abagore bakomeje kugira mu kubaka u Rwanda.
|