Ruhango: Bakomeje gusaba ko imibiri y’ababo yakurwa mu mashitingi igashyingurwa mu cyubahiro

Yanditswe ku itariki ya: 10-04-2013 - Saa: 09:47'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu barokokeye mu murenge wa Ruhango mu karere ka Rugango barasaba byimazeyo ubuvugizi n’ubufasha mu kubaka urwibutso no gushyingura imibiri ahasubiza icyubahiro n’agaciro abavandimwe babo bahashyinguwe.

Nyamasheke: Urubyiruko rwumva neza gahunda yo “Kwibuka” ruratanga icyizere cyo kubaka u Rwanda ruzima

Yanditswe ku itariki ya: 10-04-2013 - Saa: 09:29'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke, Habyarimana Jean Baptiste, avuga ko kuba urubyiruko rwumva neza gahunda yo kwibuka biratanga icyizere cy’uko Abanyarwanda bazubakira ku mateka mabi igihugu cyanyuzemo ariko bigatuma bubaka u Rwanda ruzima.

Ubuhamya bwa Dancille Mujawayezu warokokeye i Zaza

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 11:07'
Ibitekerezo ( 2 )

Mujawayezu yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Zaza mu ntara y’Iburasirazuba ariko kuri ubu atuye mu murenge wa Nemba, akarere ka Burera, mu ntara y’Amajyaruguru.

Urwibutso rwa Nyamata rubitse amateka menshi ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 10:44'
Ibitekerezo ( 2 )

Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyamata rwubatse mu karere ka Bugesera mu murenge wa Nyamata rushyinguyemo imibiri y’abantu barenga ibihumbi 45, rukaba rubitse amateka menshi agaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Dady de Maximo yatanze ubutumwa bw’icyunamo abinyujije mu muvugo

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 10:08'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi w’imideli akaba n’umunyamakuru, Dady de Maximo Mwicira Mitali, abinyujije kuri facebook kuri uyu wa mbere tariki 08/04/2013 yatanze ubutumwa bujyanye n’icyunamo cya Jenoside mu buryo bw’igisigo.

Nyampinga w’u Rwanda arategura ijoro ryo kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 09:52'
Ibitekerezo ( )

Nyampinga w’u Rwanda, Umutesi Aurore, afatanyije n’urubyiruko, ba Nyampinga, abahanzi na Positive Production barategura ijoro ryo kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Rusizi: Kwita ku bibazo by’abarumuna babo barokotse Jenoside byatumye batarangiza kwiga

Yanditswe ku itariki ya: 8-04-2013 - Saa: 12:19'
Ibitekerezo ( )

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu murenge wa Nyakarenzo barashima intambwe bamaze gutera ariko ngo baracyafite ibibazo birimo abana babo bacikije amashuri bakiri kwita ku bibazo bya barumuna babo ndetse n’ amacumbi yabo yarabasaziyeho.

Rusizi: Kwibuka Jenoside ni umwanya wo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Yanditswe ku itariki ya: 8-04-2013 - Saa: 11:35'
Ibitekerezo ( 1 )

Abaturage bo mu midugudu ya Kadasomwa, Ntemabiti, Gitinda, Kamyogo na Mucamo yo mu murenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi, bibukijwe ko kwibuka ari umuhango wo gufasha abantu kumenya ibyabaye hagamijwe gukumira ingengabitekerezo ya Jenoside.

Urwibutso rwa Bisesero rushobora kuzibukirwaho muri Kamena

Yanditswe ku itariki ya: 8-04-2013 - Saa: 11:05'
Ibitekerezo ( )

Hashize igihe cyenda kugera ku mwaka urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwo mu Bisesero mu karere ka Karongi rwangiritse kubera imvura, ariko ngo mu kwezi kwa gatandatu ruzaba rwarangije gusanwa kuburyo rwakorerwaho imihango yo kwibuka.

Pages ... | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile