Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 24-05-2013 - Saa: 09:45'
Ibitekerezo ( )

Bitewe n’uko ibidukikije bifitiye akamaro kanini abatuye isi bose, umuryango w’abibumbye washyizweho umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije wizihizwa buri mwaka taliki ya 05 Kamena.

Ikigega cy’isi cy’ibidukikije cyasabye ibihugu kwirwanaho, kuko amafaranga gitanga adahagije

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 15:42'
Ibitekerezo ( )

Ikigega cy’isi gishinzwe gutera inkunga ibihugu bikennye kugirango bibungabunge ibidukikije (GEF) cyasabye ibyo bihugu kugira uruhare runini kurusha inkunga bihabwa, bitewe n’uko amafaranga gifite ari make, mu gihe ibidukikije bigenda birushaho kwangirika.

Ngororero: Inyubako z’akarere zose zigomba kugira uburyo bwo gufata amazi

Yanditswe ku itariki ya: 11-05-2013 - Saa: 16:03'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’akarere ka Ngororero yasabye ko ntanyubako y’akarere nimwe igomba gusigara idafite uburyo bwi gufata amazi yayo, mu rwego rwo gutanga urugero rwiza muri gahunda yo gukangurira abaturage gufata amazi aturuka kunzu zabo.

Ngoma: Miliyoni zirenga 200 zashowe mu bikorwa byo kubungabunga ikiyaga cya Rweru

Yanditswe ku itariki ya: 8-05-2013 - Saa: 14:05'
Ibitekerezo ( )

Umushushinga LVEMP ukorera muri REMA, watangije ibikorwa byo kubungabunga ikiyaga cya Rweru bizatwara amafaranga asaga miliyoni 200.

Kanyonyi: Isuri imaze gutwara hegirati 119 zihinzeho umuceri mu gishanga cy’Umukunguri

Yanditswe ku itariki ya: 8-05-2013 - Saa: 11:09'
Ibitekerezo ( 1 )

Abahinga mu gishanga cy’Umukunguri bibumbiye muri Koperative COPRORIZ ABAHUZABIKORWA, baratangaza ko amazi y’imvura aturuka ku misozi ikikije icyo gishanga n’aturuka mu migezi yisuka mu mukunguri, ateza umwuzure mu mirima y’umuceri hakaba hamaze kwangirika hegitari 119.

Gisagara: Abaturage bamurikiwe igikombe akarere kahawe mu kurwanya isuri

Yanditswe ku itariki ya: 29-04-2013 - Saa: 10:38'
Ibitekerezo ( )

Kuba akarere ka Gisagara karahagurukiye kurwanya isuri hacukurwa imirwanyasuri n’ibyobo bifata amazi byagahesheje kuko kaje ku mwanya wa kabiri ku rwego rw’igihugu mu kurwanya isuri.

Ikibaya cya Rusizi kigiye kubyazwa umusaruro n’ibihugu bya CEPGL

Yanditswe ku itariki ya: 27-04-2013 - Saa: 10:58'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’ibiyaga bigari (CEPGL) n’abayobozi bashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda, RDC n’u Burundi bamaze kwemeza ko bagiye gufatanyiirza hamwe gutunganya ikibaya cya Ruzizi mu gukoreshwa mui kubyazwa umusaruro.

Nyabihu: Inkeragutabara ziyemeje gufata iya mbere mu kubungabunga ibidukikije

Yanditswe ku itariki ya: 26-04-2013 - Saa: 12:43'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’amahugurwa zahawe n’umushinga DEMP ukorera mu kigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA), Inkeragutabara zo mu karere ka Nyabihu ziyemeje gufata iya mbere mu kubungabunga ibidukikije no gukumira icyaricyo cyose cyatuma ibidukikije bihungabana.

Umunsi wahariwe isi uzahuzwa n’ibindi bikorwa wizihizwe muri Gicurasi

Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 14:51'
Ibitekerezo ( )

U Rwanda ruri mu bihugu 192 b yubahiriza umunsi wahariwe kuzirikana ku isi n’ibiyibonekaho uba tariki 22 Mata. Uyu mwaka Leta y’u Rwanda izawuhuza n’ibindi bikorwa wizihizwe mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatanu.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile