Bakoze urugendo bikoreye amazi ngo batabarize Abanyarwanda

Yanditswe ku itariki ya: 20-04-2012 - Saa: 09:51'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri b’Abanyamerika biga muri kaminuza y’ababatisita ya Houston bakoze urugendo bikoreye amajerekani yuzuye amazi hagamijwe gutabariza Abanyarwanda badafite amazi meza hafi yabo.

Jim Yong Kim yatorewe kuyobora Banki y’Isi

Yanditswe ku itariki ya: 17-04-2012 - Saa: 12:27'
Ibitekerezo ( )

Jim Yong Kim, inzobere mu buganga ifite ubwenegihugu bwa Koreya n’Amerika ni we watorewe kuyobora Banki y’isi mu gihe cy’imyaka itanu asimbuye Umunyamerika Robert Zoellick, kuwa mbere tariki 16/04/2012.

Obama yongeye kuvugira ku karubanda azi ko aganirira mu muhezo

Yanditswe ku itariki ya: 29-03-2012 - Saa: 10:36'
Ibitekerezo ( )

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Barack Obama, yongeye kumvikana aganira atazi neza aho amagambo avuga agarukira.

Nicolas na Hollande bahanganye mu kwiyamamariza kuyobora Ubufaransa ni ababyara

Yanditswe ku itariki ya: 5-03-2012 - Saa: 10:55'
Ibitekerezo ( )

François Hollande na Nicolas Sarkozy, bahanganiye kuyobora igihugu cy’Ubufaransa ni ababyara kuko bafitanye amasano akomoka kuri nyirakuruza wo mu bwoko bw’abasavoyard bwo mu kinyejana cya XVII; nk’uko bigaragara mu gitabo cy’umuhanga mu byo gucukumbura amasano y’abantu (généalogie), Jean-Louis Beaucarnot.

Whitney Houston yapfuye

Yanditswe ku itariki ya: 12-02-2012 - Saa: 08:24'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuririmbyi ndetse n’umukinnyi w’amafilimi wo muri Amerika, Whitney Houston, yapfuye tariki 11/02/2012 afite imyaka 48 y’amavuko.

Prof. Erlinder yirukanwe aho yigishaga

Yanditswe ku itariki ya: 24-01-2012 - Saa: 16:27'
Ibitekerezo ( )

Umunyamategeko Peter Erlinder akaba n’umwarimu, tariki 17/01/2012, yahagaritswe ku mirimo ye yo kwigisha muri kaminuza yitwa William Mitchell College of Law muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Abagore batatu bahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel

Yanditswe ku itariki ya: 11-12-2011 - Saa: 17:38'
Ibitekerezo ( )

Ejo tariki 10/12/2011, perezida wa Liberiya, Ellen Johnson Sirleaf, Leymah Gbowee nawe ukomoka mu gihugu cya Liberiya ndetse na Tawakkul Karman ukomoka mu gihugu cya Yemeni nibo bahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cy’umwaka wa 2011.

Ubuhinde: Abantu 73 bazize inkongi y’umuriro mu bitaro bya Calcutta

Yanditswe ku itariki ya: 9-12-2011 - Saa: 13:46'
Ibitekerezo ( )

Umwe mu bayobozi bakuru b’ibitaro bya Calcutta, mu burasirazuba bw’Ubuhinde, aratangaza ko inkongi y’umuriro yibasiye ibi bitaro mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 9 Ukuboza 2011 igahitana abasaga 73.

Havumbuye umubumbe ushobora guturwaho n’ibinyabuzima

Yanditswe ku itariki ya: 7-12-2011 - Saa: 17:11'
Ibitekerezo ( )

Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe ubumenyi bw’isanzure (NASA) cyavumbuye undi mubumbe mushya ujya kumera nk’isi kandi ushobora guturwaho.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile