Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa aragerwa amajanja n’ubutabera

Yanditswe ku itariki ya: 4-07-2012 - Saa: 09:56'
Ibitekerezo ( )

Abapolisi bashinzwe gukurikirana ibyaha birebana n’umutungo mu Bufaransa bakurikiranye bikomeye Nicolas Sarkozy wabaye perezida w’Ubufaransa mu myaka itanu ishize.

ICTR irasaba ko abakozi ba ICC bafatiwe muri Libiya barekurwa

Yanditswe ku itariki ya: 15-06-2012 - Saa: 17:25'
Ibitekerezo ( )

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rwifatanije n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye mu Buholande (ICC) mu gusaba ko abakozi b’uru rukiko bane bafatiwe i Tripoli muri Libiya bari mu kazi barekurwa mu maguru mashya.

Harasabwa itsinda rikurikirana inkunga zihabwa Somaliya

Yanditswe ku itariki ya: 4-06-2012 - Saa: 11:09'
Ibitekerezo ( )

Icyegeranyo cya banki y’isi kirerekana ko Somalia itatanze ibisobanuro bikwiye ku ikoreshwa ry’imfashanyo igera kuri miliyoni 130 z’amadolari yahawe mu myaka ya 2009 na 2010.

Indege yari ijyanye Perezida w’u Bufaransa mu Budage yakubiswe n’inkuba

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2012 - Saa: 10:06'
Ibitekerezo ( 3 )

Ubwo yari agiye mu Budage guhura na Chancelier Angela Merkel kuwa kabiri tariki 15/05/2012, Perezida w’u Bufaransa, François Hollande, byabaye ngombwa ko agarukira mu nzira nyuma y’uko iyo yarimo Falcon 7X yakubiswe n’inkuba.

Leta zunze Ubumwe z’Amerika zakiriye neza ibihano byakatiwe abakoze Jenoside mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 11-05-2012 - Saa: 18:16'
Ibitekerezo ( )

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zakiriye neza ibihano byakatiwe Abanyarwanda batatu bakoze Jenoside mu Rwanda, ndetse zikanagaya kuba hari abantu benshi bagize uruhare muri Jenoside bakidegembya hirya no hino ku isi.

Ubushinjacyaha burasabira Charles Taylor igifungo cy’imyaka 80

Yanditswe ku itariki ya: 4-05-2012 - Saa: 11:20'
Ibitekerezo ( )

Ubushinjacyaha bw’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho Sierra Leone, kuri uyu wa kane tariki 03/05/2012 rwasabiye Charles Taylor wahoze ari Perezida wa Liberia igifungo cy’imyaka 80 ku byaha by’intambara aregwa.

Ubuhinde: Abantu 105 bitabye Imana mu mpanuka y’ubwato

Yanditswe ku itariki ya: 1-05-2012 - Saa: 14:38'
Ibitekerezo ( )

Abantu 105 bamaze kumenyekana ko bitabye Imana naho abandi basaga 100 baburiwe irengero mu mpanuka y’ubwato yabereye mu gihugu cy’Ubuhinde mu ruzi rwa Brahmapoutre mu ijoro rishyira tariki 01/05/2012.

Abongeleza batatu batangiye urugendo rwa kirometero 6000 ku magare baza mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 29-04-2012 - Saa: 10:34'
Ibitekerezo ( )

Abagabo batatu bakora umukino wo gusiganwa ku magare, kuri uyu wa Gatandatu batangiye urugendo rwa kirometero 6.000 ruzarangirira mu Rwanda bakoresheje amagare. Batangaza ko urwo rugendo rugamije gukusanya inkunga yo kugura ibikoresho by’uburezi bwa siporo byagenewe abana b’u Rwanda.

Ubushakashatsi buvuga ko imyaka y’ubukure ikwiye kuba 24

Yanditswe ku itariki ya: 26-04-2012 - Saa: 15:56'
Ibitekerezo ( )

Ubushakashatsi bwakozwe n’impuguke z’Ababiligi buhamya ko imyaka y’ubukure ari 24 aho kuba 18. Ku myaka 24 ngo nibwo umuntu yagombye kuboneraho uburenganzira buhabwa abantu bakuze akanirengera ingaruka z’ibyo yakoze byose.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile