M23 iravuga ko Leta ya Congo ikoresha FDLR mu kwitegura kuyirwanya

Yanditswe ku itariki ya: 4-01-2013 - Saa: 09:27'
Ibitekerezo ( 4 )

Ubuyobozi bwa M23 burasaba Leta ya Congo guhagarika gukoresha umutwe wa FDLR mu kwitegura kuyitera kuko niterwa izitabara kandi bishobora kugorana guhagarika intambara.

Goma: Abaturage bahangayikishijwe n’ibikorwa byo gutwika abantu bakabarya

Yanditswe ku itariki ya: 22-12-2012 - Saa: 04:58'
Ibitekerezo ( 2 )

Abatuye umujyi wa Goma batangiye kuba mu bwoba nyuma y’aho abantu bagera ku munani bamaze gutwikwa bashinjwa ibikorwa by’ubujurua kuko ubuyobozi budashobora kubafunga. Urubyiruko nirwo rukaze muri ibyo bikorwa, kubera ijambo Perezida Joseph Kabira aherutse kuvuga.

Ikibuga cy’indege cya Goma cyongeye gukoreshwa

Yanditswe ku itariki ya: 6-12-2012 - Saa: 10:53'
Ibitekerezo ( )

Ikibuga cy’indege cya Goma cyongeye gukoreshwa tariki 05/12/2012, nyuma y’umutekano mucye wagaragaye mu mujyi wa Goma ubwo cyafatwaga n’ingabo za M23 tariki 20/11/2012. Indege ya nyuma yaherukaga kuri icyo kibuga tariki 18/11/2012.

Radio Okapi yahagaritswe iminsi 4 izira guha ijambo M23

Yanditswe ku itariki ya: 1-12-2012 - Saa: 15:45'
Ibitekerezo ( 1 )

Ikigo gishinzwe kugenzura itangazamakuru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CSAC), yahanishije Radio Okapi ikorera mu mujyi wa Goma, igihano cyo guhagarika ibiganiro mu gihe cy’iminsi ine, izira icyo iki kigo kise kutagira gahunda ngenderwaho no kutubahiriza amabwiriza.

Ingabo za M23 zamaze kuva mu mujyi wa Goma n’ibikoresho byazo

Yanditswe ku itariki ya: 1-12-2012 - Saa: 12:33'
Ibitekerezo ( )

Ingabo za M23 zirwanya Leta ya Congo zamaze gusohoka mu mujyi wa Goma hamwe n’ibikoresho byazo byose, ziwusigira igpolisi cya Leta ya Congo, nk’uko zari zabitangaje.

M23 ishobora kuva mu mujyi wa Goma tariki ya 30 Ugushyingo

Yanditswe ku itariki ya: 28-11-2012 - Saa: 10:44'
Ibitekerezo ( 6 )

Umuyobozi w’ingabo za M23, Br.Gen Soultan Makenga, yatangaje ko ingabo ze zizava mu mujyi wa Goma tariki 30/11/2012 nyuma yo kwitegura kuko hari ingabo ziri kure y’umujyi wa Goma.

ICGLR yasabye M23 kurekura Goma ikanasubiza abapolisi bahakoreraga mbere ibikoresho n’akazi

Yanditswe ku itariki ya: 24-11-2012 - Saa: 16:53'
Ibitekerezo ( 6 )

Inama y’abayobozi b’ibihugu bigize umuryango w’Akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR), yari itaraniye Kampala yiga ikibazo cy’intambara ibera mu burasirazuba bwa Congo, yasoje isaba ko abari abapolisi bakoreraga mu mujyi wa Goma basubizwa ibikoresho bagasubira mu kazi.

M23 yagaragaje ko ikura ibikoresho byo kurwanisha mu ngabo za Congo

Yanditswe ku itariki ya: 24-11-2012 - Saa: 08:37'
Ibitekerezo ( 2 )

Ubuyobozi bwa M23 bwagaragaje aho uyu mutwe ukura ubushobozi bwo kurwanya ingabo za leta ya Congo. Ibikoresho ingabo za Leta ya Congo ziba zataye, nk’uko babitangarije itangazamakuru, kuri uyu wa Gatanu tariki taliki ya 23/11/2012.

Perezida Kabila yahagaritse umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka

Yanditswe ku itariki ya: 23-11-2012 - Saa: 08:36'
Ibitekerezo ( 7 )

Perezida Kabila yahagaritse umugaba w’ingabo zirwanira k’ubutaka hamwe n’abandi basirikare bakuru kubera batungwa agatoki mu kugurisha intwaro ku nyeshyamba mu burasirazuba bwa Congo kandi iyi mitwe iregwa guhohotera abaturage.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile