Libiya: Saif Al Islam mu maboko ya CNT

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2011 - Saa: 14:23'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri w’ubutabera wa guverinoma y’ inzibacyuho muri Libya yatangaje ko umuhungu wa Gaddafi, Saif Al Islam Gaddafi, yatawe muri yombi.

I Kisangani baramamaza umunyonzi ngo azababere umudepite

Yanditswe ku itariki ya: 17-11-2011 - Saa: 11:01'
Ibitekerezo ( )

Mu bakandida biyamamariza ubudepite muri Repubulika Iharanaira Demukarasi ya Kongo harimo umwe utangaje kuruta abandi. Alphonse Awenze Makiaba amaze imyaka 20 ari umunyonzi ku isoko rikuru rya Kisangani, aho ashobora kuva aba umudepite niba imbaga y’abamwamamaza itamutengushye ku munsi w’itora…

“Umwami Mswati akwiye kuva ku butegeti.”-Bishop Mabuza

Yanditswe ku itariki ya: 17-11-2011 - Saa: 10:58'
Ibitekerezo ( )

Umwe mu basenyeri bakomeye mu itorero ry’abangilikani mu gihugu cya Swaziland witwa Meshack Mabuza yatangaje ko umwami Mswati wa gatatu w’icyo gihugu akwiye kuva ku butegetsi kugira ngo igihugu kigire guverinoma igendera kuri demokarasi.

Guinée : imiryango itagengwa na leta iramagana iyicarubuzo rikorerwa mu magereza

Yanditswe ku itariki ya: 17-11-2011 - Saa: 10:54'
Ibitekerezo ( )

Imiryango itandukanye itegamiye kuri leta yo mu gihugu cy’Ubufaransa ndetse no muri Guneya iratangaza ko hakiri iyicarubozo mu buroko bwo muri icyo gihugu. Raporo y’iyo miryango yasohotse tariki ya 15/11/2011 irarega abayobozi b’icyo gihugu kuba badakora ibishoboka ngo bahagarike ibyo bikorwa.

UDPS irasaba ko kandidatire ya Kabila itahabwa agaciro

Yanditswe ku itariki ya: 16-11-2011 - Saa: 07:57'
Ibitekerezo ( )

Ishyaka UDPS rya Etienne Tshisekedi, umwe mubahatanira kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), rirasaba ko kandidature ya Joseph Kabila wari usanzwe ayabora iki gihugu itahabwa agaciro ngo kuko yaba akoresha umutungo w’igihugu mu kwiyamamaza.

Kongo: Etienne Tshisekedi yatahutse

Yanditswe ku itariki ya: 11-11-2011 - Saa: 15:10'
Ibitekerezo ( )

Umukuru w’ishyaka rihanganye n’iriri ku butegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Etienne Tshisekedi, ejo yasubiye muri Congo avuye muri Afrika yepfo.

Ellen Johnson-Sirleaf agiye kongera kuyobora Liberiya

Yanditswe ku itariki ya: 11-11-2011 - Saa: 13:40'
Ibitekerezo ( )

Amajwi y’agateganyo yaraye atangajwe aragaragaza ko perezida wa Liberiya, Ellen Johnson-Sirleaf, azatsinda amatora ku kigereranyo cya 90,8% by’abitabiriye amatora mu kiciro cya kabiri.

Ellen Johnson Sirleaf asigaye wenyine mukwiyamamariza kuyobora Liberiya

Yanditswe ku itariki ya: 8-11-2011 - Saa: 16:34'
Ibitekerezo ( )

Umutegatugori Sirleaf wari usanzwe ayobora Liberiya ubu niwe mukandida rukumbi mu cyiciro cya 2 cy’amatora kiba kuri uyu wa kabiri tariki ya 8/11/2011; nyuma y’aho uwo bari bahanganye mu matora, Winston Tubman, akuyeho kandidatire ye akanahamagarira Abanyariberiya kutitabira amatora.

Ban Ki-moon yagiriye uruzinduko muri Libya

Yanditswe ku itariki ya: 3-11-2011 - Saa: 09:56'
Ibitekerezo ( )

Umuvugizi w’umuryango w’abibumbye (ONU) yatangaje ko umunyamabanga mukuru wa ONU, Ban Ki-moon, yagirirye uruzinduko muri Libya mu gitondo cyo kuri uyu wagatatu.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile