Ese Kongo ntiyazahura n’ibibazo nk’ibyabaye muri Cote d’Ivoire?

Yanditswe ku itariki ya: 29-11-2011 - Saa: 08:26'
Ibitekerezo ( )

Etienne Tshisekedi umwe mu bakandida bahatanira umwanya wa perezida wa Repubulika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ngo mu buzima bwe bwose yahoranye inzozi zo kuzaba perezida wa Repubulika muri Congo.

RDC : Amatora yaranzwe n’ibikorwa by’urugomo mu bice bitandukanye

Yanditswe ku itariki ya: 29-11-2011 - Saa: 07:39'
Ibitekerezo ( )

Mu gihe ejo abaturage basaga miriyoni 32 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) bari bahamagariwe kuzindukira mu matora kwitorera umukuru w’igihugu n’abagize inteko ishinga amategeko, abantu benshi baburiye ubuzima mu bikorwa by’urugomo byakorewe mu duce twa Kasai na Katanga.

Burundi: Hari kubera ibiganiro bigamije kurengera ba nyamweru

Yanditswe ku itariki ya: 28-11-2011 - Saa: 17:13'
Ibitekerezo ( )

Guhera tariki 24/11/2011 mu mujyi wa Bujumbura ho mu Burundi hari kubera inama idasanzwe yateguwe n’imiryango mpuzamahanga itagengwa na Leta irengera ba nyamweru. Iyo nama iri kuba mu rwego rwo guteza imbere uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Afurika.

RDC: Uzatorwa arasabwa guhindura imibereho y’abaturage.

Yanditswe ku itariki ya: 28-11-2011 - Saa: 14:01'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage batuye mu mujyi wa Kinshasa, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) bifuza ko perezida uzatorwa yahindura imibereho y’abanyagihigu kuko ngo babaye ho nabi.

Yivuganywe n’imvubu yiyororeye

Yanditswe ku itariki ya: 25-11-2011 - Saa: 07:53'
Ibitekerezo ( )

Marius Els, umworozi wo muri Afurika Yepfo, yishwe n’imvubu yari yoroye mu gikingi cye. Iyi mvubu yatangiye kuyorora ifite amezi atanu gusa akaba ndetse yarakundaga kuyigereranya n’umwana we.

Seif al-Islam Kadhafi yagambaniwe n’uwagombaga kumucikisha

Yanditswe ku itariki ya: 23-11-2011 - Saa: 08:06'
Ibitekerezo ( )

Seif al-Islam uherutse gufatwa mu mpera z’icyumweru gishize ngo yagambaniwe n’umwe mubanyalibiya bibera mu butayu (nomades) wagombaga kumucikisha.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zibona perezida Kabila nk’ umunyantege nke utita ku bintu

Yanditswe ku itariki ya: 22-11-2011 - Saa: 17:30'
Ibitekerezo ( )

Ikinyamakuru Jeune Afrique cyanditse ko urubuga WikiLeaks rwashyize ahagaragara ubutumwa hagati y’abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) bavuga ko babona perezida Kabila wa Congo Kinshasa nk’umuyobozi utifitiye ikizere ; ufata ibyemezo bimugoye.

Ibihugu 10 by’Afurika byifashe nabi mu bukungu.

Yanditswe ku itariki ya: 21-11-2011 - Saa: 16:36'
Ibitekerezo ( )

Ubukungu bwa Afurika muri iyi minsi ntabwo bwifashe neza cyane cyane kubera umutekano muke uri mu bihugu by’abarabu, ibibazo bya politiki byo mu gihugu cya Côte d’Ivoire ndetse no kuzamuka kw’ibiciro by’ibikomoka kuri peterori bituma Banki ny’Afurika itsura amajyambere (BAD) ivuga ko hashobora kuba idindira ry’ubukungu muri Afurika.

Libiya yemerewe gusubira mu kanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu muri ONU

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2011 - Saa: 16:42'
Ibitekerezo ( )

Kuri uyu wa gatanu, umuryango w’abibumbye wahaye igihugu cya Libiya amahirwe yo gusubira mu bihugu bigize akanama gaharanira uburenganzira bwa muntu muri uwo muryango.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile