Yanditswe ku itariki ya: 3-01-2012 - Saa: 09:29'
Ibitekerezo
(
)
Ibiturage byinshi byo mu gace ka Waloa Yungu, mu natara ya Walikale iri mu majyaruguru ya Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo, nta muturage ukirangwamo kubera imirwano imaze iminsi ihanganisha umutwe mushyashya wa FDC n’Inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR.
|