Ban Ki Moon yashimye Lt. Gen. Nyamvumba uburyo yayoboye UNAMID

Yanditswe ku itariki ya: 6-06-2013 - Saa: 09:43'
Ibitekerezo ( 5 )

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki Moon, yashimiye ubwitange n’ubunararibonye Umunyarwanda Lieutenant General Patrick Nyamvumba yagaragaje mu gihe yari ayoboye ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro muri Sudani (UNAMID).

Nyakinama: Abasirikare basoza amasomo bari kuganirizwa ku mutekano w’igihugu

Yanditswe ku itariki ya: 6-06-2013 - Saa: 09:39'
Ibitekerezo ( 3 )

Abasirikare bari gusoza amasomo y’ubuyobozi n’akazi ko mu biro y’ikiciro cyo hejuru (Senior command and staff course) i Nyakinama mu karere ka Musanze, bari kuganirizwa ku mutekano w’imbere mu gihugu mu gihe cy’iminsi ibiri.

Rutsiro: Begukanye umwanya wa kabiri mu marushanwa yo guteza imbere imiturire y’icyaro

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 16:02'
Ibitekerezo ( )

Nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere ku rwego rw’intara y’Uburengerazuba, akarere ka Rutsiro kegukanye umwanya wa kabiri ku rwego rw’igihugu mu marushanwa y’urubyiruko mu guteza imbere imiturire y’icyaro, mu cyiciro cy’indirimbo.

Umusaza w’imyaka 90 ngo azapfana agahinda napfa atarabona Perezida amaso ku maso

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 13:49'
Ibitekerezo ( 10 )

Umusaza w’imyaka 90, Rutayisire Gerivas, utuye mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango, avuga ko ikintu gishobora kumubabaza ari ukuzitaba Imana atabonye Perezida Paul Kagame amaso ku maso ngo amubwire ijambo rimwe.

Abanyarwanda baratahuka ku bwinshi batanguranwa n’itariki yo guca ubuhunzi

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 12:36'
Ibitekerezo ( 8 )

Abanyarwanda bari barahungiye mu bihugu bituranye n’u Rwanda bakomeje guhunguka ari benshi batanguranwa n’itariki yo guca ubuhunzi; nk’uko ubwabo babyivugira.

Munsenyeri mushya wa Diyosezi Gatorika ya Kibungo azimikwa mu mpera za Nyakanga

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 12:07'
Ibitekerezo ( 1 )

Diyosezi Gatulika ya Kibungo iri mu myiteguro yo kwimika ku mugaragaro Mgr Kambanda Antoine uherutse kugirwa umushumba mushya w’iyo Diyoseze. Imihango yo kumwimika izaba 20/07/2013.

Ku mupaka wa Nemba havumbuwe icyobo cyatawemo abantu muri Jenoside

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 10:11'
Ibitekerezo ( 2 )

Imibiri y’abantu umunani bishwe muri Jenoside yabonetse mu cyobo kiri hafi y’umupaka wa Nemba uhuza igihugu cy’u Rwanda n’u Burundi mu ishyamba rya Gako mu murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera.

Sena yahumurije abanyeshuri ba ES Byimana inabatera inkunga ya miliyoni

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 10:04'
Ibitekerezo ( )

Inteko nshingamategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena, kuri uyu 04/06/2013 wasuye ishuri rya ES Byimana riherutse kwibasirwa n’inkongi y’umuriro inshuro eshatu inaritera inkunga y’amafaranga miliyoni imwe.

Amakuru bahabwa n’abagenzi babo basanze atari ibihuha bituma batahuka

Yanditswe ku itariki ya: 5-06-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda bavuye muri Congo batangaza ko bari bamaze iminsi bifuza gutahuka ariko bagaterwa ubwoba n’amakuru y’ibihuha bahabwaga n’abasirikare ba FDLR bababwira ko nta mutekano w’abatahutse mu Rwanda.

Pages ... | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile