Gisagara: Umuryango BENIMPUHWE ntiwabateje imbere gusa, wabafashije no kubana neza

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 09:50'
Ibitekerezo ( )

Abagenerwabikorwa b’ubumuryango BENIMPUHWE bo mu murenge wa Kansi mu karere ka Gisagara baratangaza ko nyuma y’imyaka itatu bakorana n’uyu muryango wabafashije muri byinshi birimo no kuboroza inka, bateye imbere kandi bakungua n’imibanire myiza hagati yabo bivuye ku korozanya.

Karongi: OIM yohereje abazayifasha mu gufasha abatahutse n’abatishoboye

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 16:45'
Ibitekerezo ( )

Umuryango Mpuzamahanga wita ku kwimuka kw’abantu (Organisation Internationale pour Migration) wohereje abakozi bawo bazakorera mu karere ka Karongi mu mushinga ushyigikira abatahutse n’abatishoboye mu iterambere.

Itegeko ry’itangazamakuru rirashimwa ko riharanira ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 16:27'
Ibitekerezo ( 1 )

Ingingo ya 13 y’itegeko rishya rigenga itangazamakuru yemerera umunyamakuru iyubahirizwa ry’ibanga rye nk’uko byari bisanzweho mu itegeko rya kera, ngo izafasha benshi kurushaho gutinyuka gutanga amakuru, nk’uko abayiganiriyeho batangaza.

Umu-Lieutenant yitandukanyije na FDLR

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 15:56'
Ibitekerezo ( 2 )

Umusirikari ifite ipeti rya Lieutenant witwa Hagenimana Théophile yitandukanyije n’umutwe wa FDLR akaba yageze mu Rwanda ku mupaka wa Rusizi ya mbere tariki 09/05/2013.

Inama y’Abaminsitiri yashimiye abagize uruhare mu gukora umuhanda Kigali-Musanze

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 13:33'
Ibitekerezo ( )

Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 08/05/2013 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika yashimiye abantu bose bagize uruhare mu gushaka inzira kugira ngo umuhanda wa Kigali-Musanze wongere kuba nyabagendwa.

Abanyamuryango ba FPR mu Bitaro bya Kibogora bibarutse abandi 18 bashya

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 10:40'
Ibitekerezo ( 2 )

Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bo ku rwego rwihariye (Cellule Specialisé) rw’Ibitaro bya Kibogora byo mu karere ka Nyamasheke bibarutse abandi banyamuryango 18 barahiye tariki 8/05/2013 bemeza ko batazasubira inyuma mu bikorwa biteza imbere u Rwanda n’Abanyarwanda.

Komisiyo y’iterambere ry’ubukungu ya Sena yasuye akarere ka Nyamagabe

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 09:51'
Ibitekerezo ( )

Komisiyo y’iterambere ry’ubukungu n’imari mu nteko ishinga amategeko umutwe wa Sena iri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu karere ka Nyamagabe rwatangiye tariki 08/05/2013, aho ireba ishyirwa mu bikorwa rya gahunda zigamije iterambere ry’abaturage.

Ibihuha byatumye batinda mu mashyamba ya Congo

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 08:45'
Ibitekerezo ( )

Kaporari Harerimana Pascal na mugenzi we kaporari Bahizi bavuye mu mutwe wa FDLR baratangaza mu myaka 19 bamaze mu mashyamba ya Congo abayobozi b’umutwe wa FDLR bahoraga bababeshya ngo bazaza mu Rwanda binyuze mu biganiro cyangwa hakoreshejwe imbaraga zabo.

Abize muri ES Byimana baratabariza abagiriye ibibazo mu nkongi y’umuriro yibasiye iki kigo

Yanditswe ku itariki ya: 8-05-2013 - Saa: 20:41'
Ibitekerezo ( 3 )

Abize mu Ishuri ry’Ubumenyi rya Byimana (Ecole des Sciences Byimana) batangiye gahunda yo gutabariza abana biga muri iki kigo, babuze ibikoresho byabo mu nkongi y’umuriro yibasiye imwe mu nyubako abanyeshuri bararagamo bataha amaramasa.

Pages ... | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile