Umuhungu wa Prezida Mobutu Sese Seko arasaba imbabazi Abanyarwanda

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 14:15'
Ibitekerezo ( 10 )

Umuhungu wa Prezida Mobutu Sese Seko witwa Mobutu Seko Prince Bwarza wari mu ivugabutumwa mu Rwanda yasabye imbabazi mu izina rye no mu izina rya se Abanyarwanda kubera ibibi se yabakoreye.

Abacungagereza batazi amateka ya Jenoside ngo ntibagorora abayikoze

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubuyobozi bwa gereza ya Muhanga n’abacungagereza bagera kuri 54 basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Murambi ruri mu karere ka Nyamagabe hagamijwe kurushaho gusobanukirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko mu bo bashinzwe kugorora harimo n’abakoze Jenoside.

Karongi: Akabari ko kuri Sambaza Beach bazagasenya kadakorewemo na rimwe

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( 6 )

Hari hashize umwaka urenga mu mujyi wa Kibuye harimo gutunganywa umwaro muhimbano (plage artificielle) ahitwa Nyakariba mu murenge wa Bwishyura, ariko igice kimwe cy’uwo mushinga basanze kidakwiye kuba gihari none ngo bazagisenya.

Polisi yasinye amasezerano y’ubufatanye n’akarere ka Rusizi

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Polisi y’igihugu yagiranye amasezerano n’akarere ka Rusizi agamije ubufatanye mu gukangurira abaturage kurushaho kwibona mu bikorwa bigamije guhangana no gukumira icyo aricyo cyose cyagerageza guhungabanya umutekano mu karere no mu gihugu muri rusange.

Rusizi: Bafatiwe mu nkambi ya Nyagatare bigize impunzi

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 15:24'
Ibitekerezo ( )

Abantu 18 barimo abagore batanu n’abana 13 bafatiwe mu nkambi ya Nyagatare biyita impunzi. Abagore bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, mu gihe abana babo bavuga Igiswahiri bavuga ko bashakanye n’Abakongomani ariko abagabo babo baza gupfa niko kwgira inama yo gutahuka, nk’uko babitangarije Kigali Today, kuwa Kane tariki 17/05/2013.

“Abayobozi nibo bafite igisubizo cy’umutekeno mu karere k’ibiyaga bigari”- Ban Ki-moon

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 14:45'
Ibitekerezo ( )

Umunyamabanaga w’umuryango w’abibumbye Ban Ki-moon n’umuyobozi wa banki y’isi bitegura gusura akarere k’ibiyaga bigari, batangaza ko igisubizo cy’umutekano mucye uri mu karere no kuzamura ubukungu bifitwe n’abayobozi.

MTN irimo kwandika simu kadi z’abakiriya bayo ibasanze aho bakorera

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 13:21'
Ibitekerezo ( )

Sosiyete y’itumanaho ya MTN ivuga ko mu rwego rwo kurinda abakiriya bayo kuzava ku murongo w’itumanaho mu kwezi kwa karindwi, yatangije kampanyi mu gihugu hose yo kugenda yandika amasimu kadi(SIM cards), umuryango ku wundi aho abakiriya bayo bakorera.

“Ishingiro rya “Rwanda Day” ni ugusangira amakuru y’ahari amahirwe twabyaza umusaruro”-Minisitiri Gatete

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri ushinzwe Imari n’igenamigambi mu Rwanda, Ambasaderi Claver Gatete, aratangaza ko umusaruro Leta y’u Rwanda iba itegereje mu bikorwa byo guhura n’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ari amakuru menshi y’ahari amahirwe y’iterambere n’ingamba zakoreshwa mu kuyabyaza umusaruro.

“U Rwanda rufite ubushobozi n’ubushake bwo kwakira buri Munyarwanda” - Minisitiri Mukantabana

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 09:24'
Ibitekerezo ( 2 )

Guverinoma y’u Rwanda iremeza ko ifite ubushake n’ubushobozi bwo kwakira neza buri Munyarwanda wese ushaka gutahuka mu gihugu cye kandi ngo abadafite ubushobozi bagafashwa mu by’ibanze bakeneye ngo babeho neza.

Pages ... | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile